Thursday, March 12Impamba y'amakuru yizewe

Tag: Ubukungu

Ibirwa bya Maurice ku isonga mu gushora imari mu Rwanda

Ibirwa bya Maurice ku isonga mu gushora imari mu Rwanda

Mu Rwanda
Ibirwa bya Maurice byaje ku isonga mu ishoramari mvamahanga mu Rwanda nk'uko raporo y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yabigaragaje. Iyi raporo igaragaza ko ishoramari mvamahanga ryageze kuri miliyari 1,09 $, ni ukuvuga arenga miliyari 1.598,3 Frw mu 2024 avuye kuri miliyoni 886,9 $ ryari ririho mu 2023. Iyi raporo yasohotse kuwa 17 Gashyantare uyu mwaka igaragaza ko mu 2024, urwego rw’imari rwashowemo miliyoni 299,1$ bingana n’izamuka rya 27,2%; urwego rw’inganda rwashowemo miliyoni 267,1 $; urwego rw’ubwubatsi rwashowemo miliyoni 150,5 $; na ho inzego z’ubuhinzi, uburezi n’ubuzima zashowemo ishoramari mvamahanga rya miliyoni 107,7 $. Ibihugu byagize uruhare runini mu ishoramari mvamahanga biyobowe n’Ibirwa bya Maurice aho abashoramari babikomokamo bashoye miliyoni 251,1 $, m...
 Menya ba Guverineri 10 bayoboye BNR 

 Menya ba Guverineri 10 bayoboye BNR 

Ubukungu
BNR ari yo Banki Nkuru y'u Rwanda yagize abayobozi banyuranye kuva yashingwa mu mwaka wa 1964, ariko usanga kenshi ugezweho ari we umenyekana. Imyaka ikabakaba 61 irashize Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) itangiye ibikorwa byayo, mu rugendo rwatumye iyi banki igira uruhare rufatika mu iterambere ry’u Rwanda. Iyi banki yafunguwe bwa mbere mu 1964, nyuma y’imyaka ibiri u Rwanda rubonye ubwigenge nk'uko ikinyamakuru inyarwanda.com dukesha iyi nkuru kibitangaza.  Mu bihe by’ubukoloni, ubukungu bw’u Rwanda n’inshingano ubusanzwe zuzuzwa na banki nkuru z’ibihugu, byose byakorwaga n’abakoloni aho bari barashyizeho Urwego ruzwi nka ’Banque d’emission du Rwanda et du Burundi (BERB)’ ihabwa icyicaro i Bujumbura, ikagira n’ishami i Kigali. Mu nshingano za Banki hari harimo gucunga politiki y’ifaranga...