Sunday, June 29Impamba y'amakuru yizewe

Month: May 2025

Arashishikariza Abanyarwanda guharanira kugira imiryango ibanye mu bwumvikane

Arashishikariza Abanyarwanda guharanira kugira imiryango ibanye mu bwumvikane

Mu Rwanda
Bamwe mu baturage n'abayobozi mu nzego zitandukanye, baravuga ko ibiganiro byubaka bikozwe mu miryango, ari inkingi y'umuryango urangwa n'indangagaciro z'Umuryango Nyarwanda, bigatuma tubasha gukemura amakimbirane n'ibibazo bya hato na hato. Ibi byagarutsweho ubwo u Rwanda rwizihizaga Umunsi Mpuzamahanga w'Umuryango; washyizweho n'Umuryango w'Abibumbye mu mwaka wa 1993, utangira kwizihizwa muwa 1994, ukaba kuwa15 Gicurasi buri mwaka. Mu Rwanda by'umwihariko ukaba warizihirijwe m'Umugoroba w'Umuryango wo kuri uyu wa 18 Gicurasi 2025 mu rwego rwo gusubiza agaciro urwo rwego rwashyizweho. Ikiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: "ibiganiro byiza; ireme ry'umuryango". Ikiganiro nyirizina kikavuga kiti: "twubake umuryango urangwa n'indangagaciro z'Umuryango Nyarwanda". U...
RIB YASUBIJE TELEFONE 332 ZIBWE INAGARAGAZA ABAKEKWAHO IBYAHA

RIB YASUBIJE TELEFONE 332 ZIBWE INAGARAGAZA ABAKEKWAHO IBYAHA

Mu Rwanda
Zimwe muri telefone RIB yafashe Urwego rw'Ubugenzacyaha mu Rwanda; RIB, ku cyicaro cy'i Remera, Kuri uyu wa 15 Gicurasi 2025, bakoze igikorwa cyo kugaragaza abakekwaho ibyaha by'ubwambuzi butandukanye higanjemo abambura ama telefone, hanasubizwa telefone 332 zagarujwe, kuri ba nyirazo bazibwe. Ni gahunda RIB isanzwe ikora igamije gukumira ibyaha hamwe n'ubufatanye igirana n'itangazamakuru, n'ubufatanye aho RIB iba igamije kuburira abantu itanga ubutumwa bwo kwirinda ibyaha ndetse n'ubutumwa bwo kwihanangiriza ababyishoramo. Igikorwa cyakozwe mu byiciro bitatu, harimo kwerekana abantu bakekwa bafatiwe mu bikorwa bigize ibyaha, gusubiza za telefone ba nyirazo bazibwe zikaza gufatwa nyuma y'uko batanze ikirego, hamwe no gutanga ubutumwa itangazamakuru rigomba kugeza ku baturage. ...
African Schoolchildren Invited to Join Arctic Science Expedition on Board a Nuclear Icebreaker

African Schoolchildren Invited to Join Arctic Science Expedition on Board a Nuclear Icebreaker

Mu Mahanga
Schoolchildren aged 14 to 16 from Ghana, South Africa, Namibia, and Egypt, are invited to take part in the international educational project “Icebreaker of Knowledge”. The most outstanding participants will have a once-in-a-lifetime opportunity to join a scientific expedition to the North Pole aboard the nuclear icebreaker 50 Let Pobedy (“50 Years of Victory” in Russian), operated by Rosatom. The selection process, which opened in late April 2025, is part of the sixth edition of the “Icebreaker of Knowledge” project. This year’s expedition holds special significance as it coincides with the 80 years of Russian nuclear industry and the 500th anniversary of the Northern Sea Route — two milestones that highlight humanity’s ongoing quest for exploration and technological advancement. Sch...