Tag: Urubyiruko

 Amasezerano akuraho intwaro kirimbuzi, agaseke urubyiruko rw’u Rwanda ruhawe

 Amasezerano akuraho intwaro kirimbuzi, agaseke urubyiruko rw’u Rwanda ruhawe

Mu Rwanda
Umuryango w’Urubyiruko rwa Mutagatifu Charles Lwanga (AJECL), watangije igikorwa cyo gushishikariza u Rwanda gusinya amasezerano mpuzamahanga akuraho intwaro za kirimbuzi. Ubuyobozi bwa AJECL buvuga ko kuba mu isi itarimo intwaro za kirimbuzi ari agaseke urubyiruko rwaba ruhawe. AJECL iri muri gahunda yo gukangurira imiryango itari iya Leta kurushaho kumenyekanisha mu Banyarwanda n’ubuyobozi akamaro ko gukumira ikwirakwizwa ry’intaro kirimbuzi. Ni muri urwo rwego,  urubyiruko rusabwa kugira uruhare runini mu gusaba ko u Rwanda narwo ryajya ku rutonde rw’ibihugu byasinye ayo masezerano, bikaba ari umurage urubyiruko rwaba rubonye ku barubanjirije, kuko baba bafite isi itekanye, aho hatari umuntu n’umwe ufite ubuzima by’isi yose mu ntoki, nk’uko ibihugu bimwe na bimwe bitunze izo ntwa
AJECL irasaba urubyiruko kudashakira ubukire mu dutsiko tw’ababuza abandi amahoro

AJECL irasaba urubyiruko kudashakira ubukire mu dutsiko tw’ababuza abandi amahoro

Mu Rwanda
Umuryango Uharanira Amahoro:AJECL(Association de Jeunes de Saint Charles Lwanga), mu gikorwa cyawo cyo guteza imbere urubyiruko urwigisha kwihangira imirimo no kurufasha kubona igishoro, ufatanije n’Akarere ka Gakenke, barasaba urubyiruko gukorera amafaranga anyuze mu nzira nziza, zitari izo kujya mu dutsiko tw’abagizi ba nabi. Muri iki cyumweru dusoje ni bwo abagera kuri 18 bo mu Karere ka Gakenke biganjemo urubyiruko bitabiriye amahugurwa, yateguwe n’umuryango AJECL uharanira amahoro, ubwo bayasozaga kuri uyu wa gatanu tariki 26 Ugushyingo 2022, batangaje ko aya mahugurwa bayungukiyemo byinshi bigiye kubafasha kwihangira imirimo, ku buryo ntawushobora kubashuka ngo abajyane gukorera amafaranga mu buryo butemewe. Tugirimana Ernestine wo mu Murenge wa Muyongwe, agira ati “twahugu
Minisitiri w’Intebe yasabye urubyiruko guharanira kuba ku isonga y’urugendo rugamije impinduka muri Afurika.

Minisitiri w’Intebe yasabye urubyiruko guharanira kuba ku isonga y’urugendo rugamije impinduka muri Afurika.

Amakuru
Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente Edouard yasabye urubyiruko ko inama bitabiriye igomba kubabera  nk’amahirwe abahuza n’abagenzi babo baturutse mu bihugu bya Afurika kandi ko bagomba no kubigiraho.Bityo kuko abarenga 70% y’abatuye Afurika bari munsi y’imyaka 30, bagaragarijwe ko iterambere ry’umugabane aribo rikwiye kubakiraho. Ibi yabigarutseho ubwo hatangizwaga Inama ya YouthConnekt 2018 iri kubera muri Kigali Convention Center, kuva kuri uyu wa 8 Ukwakira 2018. Iyi nama yitabiriwe n’urubyiruko n’abandi bagera ku 3000 baturutse mu bihugu bitandukanye bya Afurika . Minisitiri w’Intebe, Dr Ngirente Edouard yavuze ko iyi nama igamije kwigira hamwe uko urubyiruko rwa Afurika rwagira uruhare no kugaragaza imbaraga rwifitemo. Yagize ati “Afurika dukeneye mu 2063 izaba yubakiye ku it
Scroll Up