Tag: Komite Olempike

Commonwealth Games: Aho abakinnyi b’Abanyarwanda bageze mu myiteguro

Commonwealth Games: Aho abakinnyi b’Abanyarwanda bageze mu myiteguro

Imikino
Imikino ihuza ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth Games) y’uyu mwaka izatangira tariki ya 28 Nyakanga kugeza tariki 8 Kanama 2022 mu Mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, hakaba hakomeje kwibazwa icyo u Rwanda rwaba rukora kugira ngo ruzayitwaremo neza. Théogène Uwayo Umuyobozi wa Komite Olempike y’u Rwanda (CNOSR), aratangaza ko Abanyarwanda biteguye ku buryo bwose bushoboka kugira ngo barebe ko babona umwanya ushimishije. Uyu muyobozi yagize ati “ntitwibwira ko tuzaba aba mbere cyangwa aba kabiri mu bihugu byose bya Commonwealth kuko ni ibihugu byinshi ariko twizera ko dushobora kubona umwanya ushimishije. Abakinnyi bariteguye neza bari ku murongo kandi biteguye guhatana n’abandi”. Munezero Valentine ntazitabira iyi mikino ariko we na mugenzi we Penelope Musabyimana
Imikino Olempike yamaze gutangira

Imikino Olempike yamaze gutangira

Imikino
Imikino Olempike igiye kubera i Tokyo mu Buyapani, umuhango wo kuyitangiza ku mugaragaro (Opening Ceremony) ni kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Nyakanga 2021, mu bakinnyi b’Abanyarwanda bitabiriye iyo mikino uzabimburira abandi mu kurushanwa ni Mugisha Moïse uzasiganwa ku igare tariki ya 24 Nyakanga 2021. Nk’uko ikinyamakuru IMPAMBA kibikesha abari mu Buyapani  ni uko tariki ya 30 Nyakanga 2021,  hazarushanwa Abanyarwanda benshi barimo: Maniraguha Eloi na Agahozo Alphonsine bakora siporo yo koga (swimming) na Yankuruje Marthe usiganwa ahareshya na metero ibihumbi bitanu (5,000m). Naho Hakizimana John usiganwa muri Marato (42KM) azarushanwa tariki ya 4 Kanama 2021. Aba bakinnyi nta cyizere gihari cy’uko bazitwara neza muri aya amarushanwa, bamwe mu bantu bavuganye n’ikinyamakuru
Nizeyimana Isabelle yakuye kandidatire ye mu matora ya Komite Olempike

Nizeyimana Isabelle yakuye kandidatire ye mu matora ya Komite Olempike

Imikino
Nizeyimana Isabelle uyobora Ishyirahamwe rya Siporo y’abagore mu Rwanda yakuye kandidatire ye yo ku mwanya w’Umujyanama mu matora ya Komite Olempike agomba kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 8 Gicurasi 2021. Mu myanya 14 izatorerwa, uw’umujyanama ni wo warimo guhatana gusa kuko abakandida bari batatu kandi hakenewe babiri kuko indi myanya isigaye umukandida yari umwe rukumbi. Abakandida ku mwanya w’abajyanama muri Komite Olempike mbere abawuhataniraga yari: Jean Butoyi uyobora Ishyirahamwe ry’abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR), Girimbabazi Pamela umaze umwaka urengaho amezi make atorewe kuyobora Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu Rwanda (RSF) na Nizeyimana Isabelle uyobora Ishyirahamwe rya Siporo y’Abagore mu Rwanda. Kuri uyu wa Kane tariki ya 6 Gicurasi 2021, ni bwo
Bizimana Festus asize iyihe nkuru muri Komite Olempike?

Bizimana Festus asize iyihe nkuru muri Komite Olempike?

Sesengura
Nyuma y’aho ikinyamakuru impamba.com cyakoze ubusesenguzi ku miyoborere y’uwahoze ari Perezida wa Komite Olempike ari we Amb.Munyabagisha Valens weguye tariki ya 5 Mata 2021, ubu utahiwe kugira icyo avugwaho azajya yibukirwaho muri siporo ni Bizimana Festus Visi Perezida wa kabiri wa Komite Olempike ushinzwe amashyirahamwe (Federations). Ntacyo yakoze kugira ngo ibibazo byari mu Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu Rwanda (RSF) bikemuke mu mahoro Muri 2019 hari itsinda ry’abakinnyi   n’abatoza b’umukino wo koga (Swimming) ryandikiye Minisiteri ya Siporo baha Kopi Komite Olempike aho bagaragaje ko Ishyirahamwe ry’Umukino wo Koga mu Rwanda ryugarijwe n’ibibazo bituma uyu mukino udatera imbere. Muri Komite Olempike uwakunze kugaragara mu nama zo kwiga kuri ibyo bibazo harimo
Amb.Munyabagisha Valens yamaze kwegura muri Komite Olempike

Amb.Munyabagisha Valens yamaze kwegura muri Komite Olempike

Imikino
Amakuru agera ku kinyamakuru impamba.com avuga ko Amb.Munyabagisha Valens wari umaze imyaka ine irengaho iminsi mike ayobora, yeguye ku mwanya wa Perezida wa Komite Olempike. Amb.Munyabagisha Valens yatowe tariki ya 11 Werurwe 2017 ari umukandida umwe rukumbi bivuze ko manda ye yarangiye tariki ya 11 Werurwe 2021. Munyabagisha nyuma y’umwaka umwe gusa atowe byari bimaze kugaragara ko abagize uruhare kugira ngo atorerwe uwo mwanya ibyo bamutumye atazabisohoza. Amakuru y’uko Amb.Munyabagisha Valens yeguye yatangajwe bwa mbere kuri uyu wa Mbere tariki ya 5 Mata 2021 mu ma saa tano z’ijoro n’umunyamakuru Imfurayacu Jean Luc abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze nka Twitter, nyuma ikinyamakuru impamba.com hari abantu cyabajije aya makuru bemeza ko ariyo kuko uburyo yitwaye nyuma y’a
Komite Olimpike: Amatora azaba nyuma y’Imikino Olimpike ya Tokyo

Komite Olimpike: Amatora azaba nyuma y’Imikino Olimpike ya Tokyo

Mu Rwanda
Binyuze mu matora y’abanyamuryango bitabiriye inama y’inteko rusange ya Komite Olimpike y’u Rwanda amatora ya komite nyobozi muri komite olimpike yashyizwe inyuma y’imikino olimpike ya Tokyo akaba igomba kuzaba ku ya 9 Ukwakira 2021. Kimwe mu byari byitezwe muri iyi nama isanzwe ya Komite Olimpike kwari ukwemeza ingengabihe y’amatora ya komite nyobozi na cyane ko iriho ubu yarangije manda yayo. Komisiyo ishinzwe amatora yatanze ingengabihe ebyiri amatora yaberaho bisaba ko amanyamuryango bahitamo binyuze mu matora. Ingenga bihe ya mbere yagaragazaga ko amatora yari kuba ku ya 15 Gicurasi naho iya kabiri ikagaragaza ko amatora yari kuba ku ya 9 Ukwakira 2021. Ibi byasabye ko haba amatora maze buri mu nyamuryango yandika ku rupapuro itariki yumva amatora yaberaho  aho abatoye bo
Komite Olempike: Ibyagenze nabi muri manda y’imyaka 4 y’ubuyobozi bwacyuye igihe

Komite Olempike: Ibyagenze nabi muri manda y’imyaka 4 y’ubuyobozi bwacyuye igihe

Sesengura
Ikinyamakuru IMPAMBA cyakoze ubusesenguzi ku byagenze nabi muri manda ya Komite Olempike yarangiye tariki ya 11 Werurwe 2021, nubwo kugeza uyu munsi igihe andi azabera kitaramenyekana. Inteko Rusange ya Komite Olempike izaba Kucyumweru abayobozi ba Komite Olempike bamaze iminsi 23 bayobora mu buryo butemewe n’amategeko Tariki ya 3 Mata 2021 hazaba Inteko Rusange ya Komite Olempike, ariko yatumijwe n’ubuyobozi bukora mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuko abayobozi bazaba bujuje iminsi 23 bayobora manda yabo yararangiye tariki ya 11 Werurwe 2021. Tariki ya 3 Mata 2021 hagombye kuba Inteko Rusange hakaba n’amatora nk’uko Komite y’Igihugu y’Imikino y’Abantu Bafite Ubumuga (NPC Rwanda) yabigenje kuko kuri iyo tariki nibwo hazaba amatora. Hakurikijwe gahunda y’Inteko Rusange ya
Komite Olempike: Amb.Munyabagisha n’abo bafatanyije kuyobora manda yabo yararangiye baraceceka

Komite Olempike: Amb.Munyabagisha n’abo bafatanyije kuyobora manda yabo yararangiye baraceceka

Amakuru
Bamwe mu banyamuryango ba Komite Olempike y’u Rwanda (CNOSR), bakomeje kwibaza impamvu manda ya Amb.Munyabagisha Valens n’abo bafatanyije kuyobora yarangiye tariki ya 11 Werurwe 2021, ariko bagaceceka mu gihe Inteko Rusange yo kuvuga ku matora yagombaga kuba muri uku kwezi kwa Werurwe 2021. Inshamake y’ibikubiye mu nkuru 1. Amatora ya Komite Olempike yabaye tariki ya 11 Werurwe 2017, bivuze ko manda ya Amb.Munyabagisha Valens n’abo bafatanyije kuyobora yarangiye tariki ya 11 Werurwe 2021 kuko manda imara imyaka ine. 2.Inama y’Inteko Rusange ya Komite Olempike yateranye tariki ya 11 Ukwakira 2020,umwanzuro wayo wa 17 uvuga ko abanyamuryango bemeje ko muri Werurwe 2021 hazaba Inteko Rusange yo kuganira ku matora ya Komite Nyobozi, none uku kwezi kwa Werurwe kuzarangira nta gikor
Dukeneye impinduka muri Komite Olempike-Mubiligi

Dukeneye impinduka muri Komite Olempike-Mubiligi

Imikino
Mubiligi Fidèle, Perezida w’Ishyirahamwe ry’Imikino Ngororamubiri mu Rwanda (RAF) arasanga mu mikorere ya Komite Olempike hakenewe amavugurura, hakabaho komite Olempike ishobora gusobanurira abantu ibyo ikora. Mu kiganiro ikinyamakuru impamba.com cyagiranye na Mubiligi Fidèle kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Mutarama 2021 mu byo yabajijwe harimo n’uko abona Komite Olempike y’u Rwanda (CNOSR). Mubiligi yagize ati “muri make icyo njyewe navuga dukeneye impinduka muri “National Olympic Committee” yacu, impinduka njyewe mvuga ntabwo ari iz’abantu, iyo umuntu avuze gutyo bamwe bumva umuntu, dukeneye impinduka mu mikorere, dukeneye Komite Olempike igaragaza umurongo runaka w’imikorere n’icyerekezo”. Ikindi avuga ni uko hakenewe Komite Olempike ishobora gusobanura ibyo ikora kuko ari ur
Ubusesenguzi: Kuki abo Komite Olempike yatumiye mu nama batashye badahawe insimburamubyizi? Hari n’ibindi abayitabiriye banenga

Ubusesenguzi: Kuki abo Komite Olempike yatumiye mu nama batashye badahawe insimburamubyizi? Hari n’ibindi abayitabiriye banenga

Sesengura
Inama y’iminsi itatu Komite Olempike yateguye ifatanyije na Komisiyo ishinzwe abakinnyi yitabiriwe n’abantu bagera ku ijana yasojwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Ugushyingo 2020, ikaba yarangiye bamwe mu bayitabiriye bijujuta. Nyuma yo kumva agahinda ka bamwe mu bitabiriye iyi nama ndibaza impamvu umunsi wo gutaha warinze ugera badahawe amafaranga yabo y’insimburamubyizi ndetse n’ayo bakoresheje mu ngendo zo kwitabira iyo nama. Ikindi nibaza nkakiburira igisubizo ni uburyo abakinnyi bose bitabiriye imikino Olempike bayitumiwemo, ariko Ntawurikura Mathias ufite agahigo ko kwitabira imikino Olempike inshuro nyinshi mu Rwanda, akaba na Perezida wa mbere w’abitabiriye imikino Olempike (Association des Olympiens du Rwanda) muri iyo minsi itatu ntamwanya yahawe ngo asangize abandi
Scroll Up