Tag: Kiliziya Gatulika

Ese hari Abanyarwanda bashobora kuba Abatagatifu?

Ese hari Abanyarwanda bashobora kuba Abatagatifu?

Amakuru, Sesengura
Abanyarwanda bavuga ko hari Abanyarwanda baranzwe n’imyitwarire yo kwigisha urukundo no kwitangira abandi bagasanga bakwiye kugirwa Abatagatifu kubera ibikorwa bakoze. Batatu  muri abo Banyarwanda bahamya ko bakwiye kugirwa abatagatifu nibo twahisemo kuganiraho ari bo: Padiri Munyaneza Bosco wiciwe kuri Paruwasi ya Mukarange mu Karere ka Kayonza, muri Jenoside yakorewe abatutsi 1994 .Hari umuhanzi Rugamba Cyprien n’umugore we Daforoza Rugamba  bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi benshi bemeza ko bakwiye kugirwa abatagatifu Ikinyamakuru Impamba.com twahisemo kubagezaho zimwe mu mpamvu zituma aba Banyarwanda bagirwa abatagatifu Padiri Munyaneza Jean Bosconi umwe mubasabiwe kuba abahire ndetse no kuba umutagatifu ni  mwene Murekezi Pierre na Mukandekezi Emerance, yavukiye i Ny
Icyorezo cya COVID19 cyatweretse ko hari ibyo tudashoboye- Musenyeri Rukamba

Icyorezo cya COVID19 cyatweretse ko hari ibyo tudashoboye- Musenyeri Rukamba

Amakuru
Aya ni amwe mu magambo akubiye mu butumwa Musenyeri Philippe Rukamba Perezida w’Inama y’Abepisikopi Gatolika mu Rwanda yageneye Abakristu mbere y’uko binjira mu munsi mukuru wa Pasika. Mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru impamba.com yahumurije abakirisitu abasaba kurushaho gusenga no gufasha abafite ibibazo muri ibi bihe bya Pasika aho isi yugarijwe n’icyorezo cya Coronavirus (COVID 19). Ubu butumwa yatanze tariki ya 11 Mata 2020, burasaba abakristu kwirinda kwiheba ahubwo bakizihiza Pasika mu ngo zabo bakarushaho gusenga. Nyiricyubahiro Musenyeri Filipo Rukamba yagize ati “ubutumwa bwa mbere twaha abakirisitu  ni ukwishyira mu maboko y’Imana kuko icyorezo cya COVID19 cyatweretse ko hari ibyo tudashoboye,kenshi abantu bibwira ko bashoboye,abaganga bibwira ko bashoboye byose ,
Kiliziya Gatulika yizejwe ubufasha bwo kubaka “Cathedral”nshya ya “Archidiocese” ya Kigali

Kiliziya Gatulika yizejwe ubufasha bwo kubaka “Cathedral”nshya ya “Archidiocese” ya Kigali

Amakuru
Mu muhango wabaye kuri iki Cyumweru tariki 27 Mutarama, w’ihererekanyabubasha hagati ya Musenyeli Thadeyo Ntihinyurwa ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru na Musenyeli Antoine Kambanda umusimbuye, ku kuyobora Archidiocese ya Kigali; Perezida wa Repubulika Paul Kagame , yizeje Kiliziya Gatulika ubufatanye mu kubaka Cathedrale nshya. Uyu muhango witabiriwe n’imbaga y’abakristu Gatulika ndetse n’abo mu yandi madini n’amatorero, Musenyeli Thadeyo Ntihinyurwa ugiye mu kiruhuko cy’izabukuru yashimiye abakristu bamubaye hafi ndetse n’ubuyobozi bwo mu nzego bwite za Leta ku mikoranire myiza bagiranye, ubundi aha ikaze Musenyeli Antoine Kambanda uje kumusimbura. Musenyeli Ntihinyurwa yagize ati “ndashimira abakristu bambaye hafi, nkanashimira inzego za Leta ku mikoranire myiza twagiranye, mu gi