Tag: Kigina

Kirehe: Irari rya bamwe mu bana b’abakobwa ribaviramo gutwara inda zitateganyijwe

Kirehe: Irari rya bamwe mu bana b’abakobwa ribaviramo gutwara inda zitateganyijwe

Amakuru
Bamwe mu bakobwa bo mu murenge wa Kigina wo mu karere ka Kirehe, mu Ntara y'Iburasirazuba,bavuga ko hari abakobwa bashukisha ibintu nk'amatelefoni agezweho( smart phone) amafaranga n'ibindi. Uyu muco wo kurarikira ibintu ngo niyo ntandaro yo gutuma bamwe batwara inda zitateganyijwe. Ibi abaturage babigararaje mu kiganiro urubuga rw’abaturage n'abayobozi gitegurwa n'umuryango w'abanyamakuru baharanira amahoro  ari wo Pax Press. Hahirwabasenga clementine w'imyaka 20 avuga ko igituma abakobwa batwara inda zitateganyijwe akenshi bituruka kuba bamwe ari abakene bahura n'ababashukisha amafaranga makeya bagashiduka byababayeho. Yagize ati " Njyewe mbona ikigituma hari abakobwa batwara inda zitateganyijwe ababashuka akenshi babafatirana n'ubukene baba bifitiye ugasanga nk'umugabo cyan