Tag: Imbunda

Amerika yaciye agahigo mu kugira abasivile benshi batunze imbunda

Amerika yaciye agahigo mu kugira abasivile benshi batunze imbunda

Amakuru
Mu myaka 20 ishize, imbunda zikorerwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’izinjizwa muri icyo gihugu ziturutse mu mahanga zariyongereye cyane, bikaba bikekwa ko ari na yo ntandaro y’ubwicanyi bwifashishije intwaro bumaze iminsi bwigaragaza muri icyo gihugu. Inyigo nshya y’Ikigo Bureau of Alcohol, Tobacco, Firearms and Explosives, igaragaza ko imbunda zikorerwa muri Amerika umubare wa zo wikubye kabiri mu myaka 20 ishize, mu gihe iziva hanze hanze umubare wazo wikubye kane. Umubare w’abatunze imbunda nto (pistol) muri Amerika wiyongereye ku kigero gikomeye, mu gihe umubare w’imbunda nto zikorerwa muri Amerika wiyongereyeho ku kigero cya 24,080%. Muri rusange, imbunda zose zikorerwa muri Amerika ziyongereye ku kigero cya 187 % naho iziva hanze ziyongera ku kigero cya 350