Tag: Dr Scientific

Umuhanzi Dr Scientific arakangurira abatuye Isi kwiyegurira Imana

Umuhanzi Dr Scientific arakangurira abatuye Isi kwiyegurira Imana

Imyidagaduro
Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Dr Scientific nubwo yamenyekanye cyane mu buvuzi bwa gakondo, ariko nyuma yasanze agomba kububangikanya n’ubuhanzi, nyuma y’indirimbo yahimbye zivuga ku buzima busanzwe yatangiye no guhimba izihimbaza Imana (Gospel music) ubu indirimbo ye igezweho ni iyitwa  'Karibu kwa Yesu” irimo ubutumwa bukangurira abatuye Isi kwiyegurira Imana kuko bimaze kugaragara ko benshi bagiye kure yayo. Mu kiganiro n’ibinymakuru bitandukanye, Dr Scientific yavuze ko yasanze abatuye Isi bariraye bajya kure y'Imana. Uyu muhanzi yagize, ati "iyi ndirimbo “Karibu kwa Yesu” nayikoze nshaka gutanga ubutumwa mbinyujije muri iyi ndirimbo kuko abatuye isi bari bariraye, bajya kure y'Imana, bajya mu irari ry'ibinezeza n’irari ry'imibiri yabo". Ikindi yavuze n
Dr Scientific yashyize ahagaragara indirimbo y’urukundo yise “Tonight”

Dr Scientific yashyize ahagaragara indirimbo y’urukundo yise “Tonight”

Imyidagaduro
Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Dr Scientific yashyize ahagaragara indirimbo y’urukundo yise "Tonight" irimo ubutumwa bugamije kwigisha abantu gufata umwanya bakaruhura ubwonko bwarushye kukoba babakoze cyane no gufata umwanya bagasohokana abakunzi babo  bakagira icyo babakorera cyo kubatungura (surprise). Iyi ndirimbo “Tonight” irumvikana no ku rubuga rwa YouTube rwa Dr Scientific, ikaba yagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2020. Mu kiganiro n’ikinyamakuru impamba.com Dr Scientific yagize ati “njyewe nk’umuhanzi Dr.scientific nshimira inshuti za muzika Nyarwanda uburyo zikunda muzika nyarwanda, uyu mwaka wa 2020   ni uwo gukora cyane duharanira ibyaduteza imbere nk’abenegihugu”. Sibomana na none arashimira inshuti ze zose uburyo zidahw
Umuhanzi Sibomana asoje umwaka ashimira abakunzi be

Umuhanzi Sibomana asoje umwaka ashimira abakunzi be

Imyidagaduro
Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina rya Dr Scientific Sibomana Jean Bosco umaze kwamamara ku izina rya  Dr Scientific  yashyize ahagaragara indirimbo yise “Birashyuha” mu rwego rwo gushimira abakunzi be no kwishimira ibyo yagezeho  muri uyu mwaka wa 2019. Dr Scientific ubarizwa mu itsinda ry’abahanzi ryitwa “The Legends” aratangaza ko mu guhimba indirimbo yise “Birashyuha” intego ye kwari  ukwifuriza Abanyarwanda Noheli nziza  ndetse n’umwaka mushya muhire wa 2020. Sibomana avuga ko indirimbo ye kuyita “Birashyuha” yabitewe n’uko ubu kugira ngo umuntu atere imbere bisaba gukora yihuta, ikindi ubutumwa burimo yabugeneye urubyiruko. Sibomana Jean Bosco mu buzima busanzwe ni umuvuzi wa gakondo ukorera i Nyabugogo, amafaranga akura mu kuvura abaturage niyo ahitamo no gushora mu
Abahanzi banga kwandikisha indirimbo kugira ngo bakwepe imisoro- Sibomana

Abahanzi banga kwandikisha indirimbo kugira ngo bakwepe imisoro- Sibomana

Imyidagaduro
Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina ry'ubuhanzi rya Dr Scientific asanga mu bituma umuziki wo mu Rwanda udatera imbere ari uko abahanzi batandikisha ibihangano byabo mu Kigo cy'Igihugu Gishinzwe Iterambere (RDB), ibyo agasanga bikorwa mu rwego rwo gukwepa imisoro. Sibomana, ibi yabitangaje nyuma y’uko bamwe mu bahanzi bakunze kuvuga ko Leta itabafasha ngo batere imbere. Uyu muhanzi avuga ko nta muhanzi ukwiriye kuvuga ko nta cyo Leta imufasha mu gihe nawe ahunga imisoro. Sibomana ubusanzwe ukora akazi k’ubuvuzi bwa gakondo, mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru impamba.com, yagize ati “uhunga imisoro igihugu nticyamumenya cyangwa se kimugirire akamaro”. Yakomeje agira ati “ubu umuhanzi ashora amafaranga menshi ntayagaruze kubera kutagira ubuvugizi”. Uyu muhanzi akaba n’umu