Tag: Burundi

Bruce Melodie nyuma yo gufungirwa i Burundi yarekuwe

Bruce Melodie nyuma yo gufungirwa i Burundi yarekuwe

Mu Rwanda
Bruce Melodie wari wafunzwe na Polisi y’u Burundi ashinjwa kwambura umuherwe amafaranga yarekuwe nyuma yo kwemera kwishyura ideni. Umuhanzi Bruce Melodie yafunguwe nyuma y’ubwumvikane n’umuherwe witwa Toussaint uzwi mu bushabitsi bw’utubari no gutegura ibitaramo mu Burundi. Uyu mugabo yaregaga Bruce Melodie kumurya amafaranga ya ‘avance’ y’igitaramo yari yamutumiyemo ariko ntabashe kucyitabira. Icyo gihe Melodie yasubitse icyo gitaramo avuga ko atizeye umutekano muri kiriya gihugu. Ubwo yageraga i Bujumbura amaze kuvugana n’itangazamakuru, uyu muhanzi yahise atabwa muri yombi na Polisi aza kurekurwa nyuma y’ubwumvikane na Toussaint wamushinjaga ubwambuzi. Umuhanzi nyarwanda Bruce Melodie kuri uyu wa 31 Kanama 2022 yafunzwe na Polisi y’u Burundi ashinjwa ubwambuzi yakoreye u
U Burundi bwashyikirije u Rwanda abaturage barwo barindwi bari bafungiyeyo

U Burundi bwashyikirije u Rwanda abaturage barwo barindwi bari bafungiyeyo

Amakuru
Leta y’u Burundi yashyikirije abaturage barindwi b’u Rwanda   bafatiwe muri icyo gihugu n’amatungo yabo nyuma yo gusanga nta cyaha bakurikiranyweho. Ibi byabaye kuri uyu wa Gatanu tariki ya 6 Kanama 2021  mu masaha ya saa saba z’amanywa bibera  ku mupaka wa Nshili uhuza u Rwanda n’u Burundi uri mu Murenge wa   Ruheru, mu Karere ka Nyaruguru. Ku ruhande rw’u Rwanda, uyu muhango wari uhagarariwe na Guverineri w”Intara y’Amajyepfo Kayitesi Alice ari kumwe n’Ubuyobozi  bw’Akarere ka Nyaruguru n’inzego z’Umutekano. Mu gihe ku ruhande rw’Uburundi rwari ruhagarariwe na Guverineri  w’Intara ya Kayanza Col  Cishahayo Remy. Ba Guverineri bombi biyemeje  gukomeza ubufatanye banakangurira abaturage kwirinda kwambuka mu buryo bunyuranyije n’amategeko mu gihe hagitegerejwe ko imipaka ifu
Leta y’u Burundi irashaka ko Buyoya wigeze kuba Perezida atabwa muri yombi

Leta y’u Burundi irashaka ko Buyoya wigeze kuba Perezida atabwa muri yombi

Amakuru
Leta y’u Burundi yatangaje ko yasohoye impapuro zo guta muri yombi Pierre Buyoya wahoze ari Perezida hamwe n’abandi 16 bari abayobozi bukuru, bashinjwa uruhare mu rupfu rwa Melchior Ndadaye mu 1993, nawe wayoboye icyo gihugu. Intumwa Nkuru ya Leta y’u Burundi, Nyandwi Sylvestre yavuze ko iperereza ryakozwe n’Ubushinjacyaha ryagaragaje ko aba bantu 17 bayobowe na Buyoya bakekwaho uruhare mu rupfu rwa Ndadaye wari umaze amezi ane atorewe kuba Perezida. Yagize ati “Iperereza ryagaragaje ko abo bantu bagize uruhare muri iki cyaha, mu gucura umugambi, kuwunoza no kuwushyira mu bikorwa.” Ni ubwicanyi bwakurikiye n’imvururu zaguyemo abantu benshi hashingiwe ku moko, bwahitanye abasaga 300,000. Muri aba bayobozi harimo 11 bahoze ari abasirikare bakuru n’abandi basivili batanu bahoz