
Nyabugogo: Umuvuzi Maso yabaye igisubizo ku bagabo bafite ikibazo mu gutera Akabariro
Sahoguteta Jules, umuvuzi wa Gakondo uzwi ku izina rya Maso ukorera mu nzu z’Amashyirahamwe i Nyabugogo, yasanze ingo nyinshi ubu zifite ibibazo kubera ubushobozi buke bwo gutera akabariro, avumbura umuti witwa MKONGORA ufafasha by’umwihariko abagabo.
Uyu muti ubudahangarwa bwawo bukaba bwemewe ku bufatanye bw’amakoperative y’abavuzi gakondo bo muri aka Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nka: Uganda, Tanzaniya, Kenya n’u Burundi nk’uko byemewa na Maso ufite ivuriro rya Gakondo ryitwa Kimeza Medicine.
Maso akaba ari n'umuvuzi uzwi mu Rugaga rw'Abavuzi ba Gakondo mu Rwanda rwitwa "AGA-Rwanda Network".
Mu kiganiro Sahoguteta Jules, bita Maso yagiranye n’ikinyamakuru IMPAMBA.COM kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Mutarama 2022 yavuze ko umuti yise MKONGORA ufasha mu kongera imbarag