Ubuzima

Rwamagana:Haravugwa ababyeyi banga gufata imfashanyo zigenerwa abana bagaragaweho ibibazo by’imirire mibi

Rwamagana:Haravugwa ababyeyi banga gufata imfashanyo zigenerwa abana bagaragaweho ibibazo by’imirire mibi

Amakuru, Ubuzima
Abaturage bo mu mujyi wa Rwamagana mu Ntara y’Iburasirazuba bavuga ko hari abana bafite ibibazo by’imirire mibi mu gihe hari ababyeyi bigaragara ko badashaka kwitabira gahunda zashyizweho mu rwego rwo kurwanya indwara ziterwa n’imirire mibi. Umudugudu wa Kabuye ni umwe mu midugudu urimo ikibazo cy’abana bafite ikibazo cy’imirire mibi, ni bo barimo gukurikiranwa n’abajyanama b’ubuzima basanze bari mu ibara ry’umutuku abandi 4 bari mu ibara ry’umuhondo Umwe mu bajyanama b’ubuzima avuga ko bahangayikishijwe n’uko hari abana bagaragayeho ikibazo cy’imirire mibi, ariko ababyeyi babo bakaba badashaka gufata imfashanyo bahabwa Uyu mujyanama aragira ati “dufite ikibazo cy’ababyeyi badashaka gukurikiza gahunda zo gufasha abana gahunda yo kuboneza imirire kuko tubabwira kujya gufata ifu
Uburyo butandukanye bwo guhagarika impiswi byihuse

Uburyo butandukanye bwo guhagarika impiswi byihuse

Amakuru, Ubuzima
Impiswi ni indwara ikunze kuzahaza abantu iyo bayirwaye ndetse uretse kuba uyirwaye aba ajyaku musarane buri kanya, itera umwuma ushobora no guhitana uyirwaye Muri iyi nkuru tugiye kubereka uburyo butandukanye wahagarika impiswi mu buryo bwihuse kandi bworoshye. Umutobe w’indimu Indimu igabanya uburibwe bwo mu nda ikoza amara igafasha mu guhagarika impiswi. Vitamine C iba mu ndimu ituma umubiri ubasha gukora imyunyu ngugu ihagije umubiri uba ukeneye. Uyu mutobe kandi urinda umubiri umwuma ukunze kuzahaza abarwaye impiswi. Umuceri na Karoti Amazi y’umuceri akora akazi gakomeye mu mara bityo akaba yahagarika impiswi, mu gihe karoti zo zifitemo ubushobozi bwo kugabanya umuvuduko wo gusohoka k’umwanda mu mara.Mu gihe rero wafashwe n’impiswi, ushobora guteka umuceri uvanze na karoti hanyum