Uburezi

Umuhigo ni uko 60% bazaba biga amasomo y’imyuga muri 2024

Umuhigo ni uko 60% bazaba biga amasomo y’imyuga muri 2024

Uburezi
Mu nama yahuje abayobozi b’amashuri yose yigisha tekinike bo mu Rwanda yateguwe na RTB (Rwanda TVET Board) bakanguriwe kwita ku bikorwaremezo ndetse bakita ku ireme ry’uburezi ku buryo abana bifuza kwiga mu mashuri ya TVET nta mpungenge ndetse n’ababyeyi bifuriza abana babo kwiga muri aya mashuri. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe ICT& TVET Irere Claudette yavuze ko leta yakoze ibishoboka byose kugirango amashuri ya tekinike yitabirwe kuburyo umuhigo igihugu cyihaye muri NCT1 ko mu mwaka wa 2024 umuhigo wa 60% w’abanyeshuri bazaba biga mu mashuri ya tekiniki ugerweho. Yagize ati tumaze iminsi tuganira n’ababyeyi n’abanyeshuri tubakangurira kwiga mu mashuti ya tekiniki (TVET), turasaba abayobozi b’amashuri kudufasha kugirango intego twihaye tubashe kuyig
Kigali: Abanyeshuli 30 basoje amasomo ajyanye no guteka mu ishuli rya KETHA

Kigali: Abanyeshuli 30 basoje amasomo ajyanye no guteka mu ishuli rya KETHA

Uburezi
Mu muhango wo gutanga impamyabushobozi ku banyeshuri wabaye ku wa 1 Ukuboza, 2021, Umuyobozi w’ishuli Habimana Alphonse yavuze ko uretse ubumenyi abanyeshuri bakuye muri iri shuri, ko banagaragaje ubushobozi bwo gushyira mu bikorwa ibyo bize, bikaba bitanga icyizere ko bazitwara neza ku isoko ry’umurimo. Habimana yagize ati “Twishimiye aba banyeshuli barangije amasomo yabo, bakaba banagaragaza ubushobozi bwo kwitwara neza mu kazi aho bazagakorera hatandukanye, nk’uko amakuru duhabwa n’ababakoreshejeje ukwimenyereza umwuga abihamya.” Habimana avuga ko ishuri ryishimira ko mu banyeshuli 30 barangije, 7 muri bo bahise bahabwa akazi mu mahoteli bakoreyemo ukwimenyereza umwuga. Aba banyeshuli bamaze amezi atandatu harimo atatu yo kwimenyereza umwuga mu mahoteli asanzwe akorana n’ir
Niba utarengeje imyaka 35, aya mahirwe yo gusura Igihugu cy’Uburusiya ntagucike

Niba utarengeje imyaka 35, aya mahirwe yo gusura Igihugu cy’Uburusiya ntagucike

Uburezi
ROSATOM yatangije irushanwa ngarukamwaka ry’amashusho mu buryo bw’iya kure(online) kuri murandasi (internet) ryateguriwe urubyiruko rwa Afurika, ku nshuro  ya 6,  mu rwego rwo kurushaho kumurika inyungu mu bumenyi n’ikoranabuhanga, abazatsinda bazahabwa amahirwe yo gusura ibyiza bitatse Igihugu cy'Uburusiya nta kindi kiguzi basabwe. Iri rushanwa, rifunguye ku banyeshuli n’urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35, rikangurira urubyiruko kumenya ikoronabuhanga ry’utunyangingo-bumara (nuclear technologies) n’uburyo iryo koranabuhanga ryakoreshwa mu kugirira umumaro aho batuye. Iri rushanwa ryatangiye kuba guhera mu mwaka wa 2015, ryagiye ryitabirwa n’amagana y’urubyiruko hirya no hino ku mugabane wa Afurika, rugendereye kumenya inyungu ziri mu tunyangingo-bumara, yewe bamwe muri urw
Urubyiruko rufite impano rurasabwa kwitabira aya marushwa rugasura Igihugu cy’u Burusiya

Urubyiruko rufite impano rurasabwa kwitabira aya marushwa rugasura Igihugu cy’u Burusiya

Uburezi
Itangazo rigenwe abanyamakuru ROSATOM yatangije irushanwa ngarukamwaka ry’amashusho mu buryo bw’iya kure(online) kuri murandasi (internet) ryateguriwe urubyiruko rwa Afurika, ku nshuro  ya 6,  mu rwego rwo kurushaho kumurika inyungu mu bumenyi n’ikoranabuhanga, abazatsinda bazahabwa amahirwe yo gusura ibyiza bitatse Igihugu cy’Uburusiya nta kindi kiguzi basabwe. Iri rushanwa, rifunguye ku banyeshuli n’urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35, rikangurira urubyiruko kumenya ikoronabuhanga ry’utunyangingo-bumara (nuclear technologies) n’uburyo iryo koranabuhanga ryakoreshwa mu kugirira umumaro aho batuye. Iri rushanwa ryatangiye kuba guhera mu mwaka wa 2015, ryagiye ryitabirwa n’amagana y’urubyiruko hirya no hino ku mugabane wa Afurika, rugendereye kumenya inyungu ziri mu tunyangingo-bu
Hatangijwe irushanwa ry’amashusho kuri murandasi Atoms Empowering Africa ririmo ibihembo byiza

Hatangijwe irushanwa ry’amashusho kuri murandasi Atoms Empowering Africa ririmo ibihembo byiza

Uburezi
Itangazo rigenewe abanyamakuru ROSATOM yatangije irushanwa ngarukamwaka ry’amashusho mu buryo bw’iya kure (online) kuri murandasi (internet) ryateguriwe urubyiruko rwa Afurika, ku nshuro  ya 6,  mu rwego rwo kurushaho kumurika inyungu mu bumenyi n’ikoranabuhanga, abazatsinda bazahabwa amahirwe yo gusura ibyiza bitatse Igihugu cy’Uburusiya nta kindi kiguzi basabwe. Iri rushanwa, rifunguye ku banyeshuli n’urubyiruko ruri hagati y’imyaka 18 na 35, rikangurira urubyiruko kumenya ikoronabuhanga ry’utunyangingo-bumara (nuclear technologies) n’uburyo iryo koranabuhanga ryakoreshwa mu kugirira umumaro aho batuye. Iri rushanwa ryatangiye kuba guhera mu mwaka wa 2015, ryagiye ryitabirwa n’amagana y’urubyiruko hirya no hino ku mugabane wa Afurika, rugendereye kumenya inyungu ziri mu tuny
Huawei yatangije amahugurwa ku Banyarwanda muri gahunda ya “Seeds for The Future” hifashishijwe ikoranabuhanga

Huawei yatangije amahugurwa ku Banyarwanda muri gahunda ya “Seeds for The Future” hifashishijwe ikoranabuhanga

Uburezi
Isosiyete Huawei ikora ibijyanye no gukemura ibibazo by’ikoranabuhanga ku isi, kuri uyu munsi yatangije amahugurwa y’icyumweru kimwe muri gahunda yayo yise "Seeds for the future" azakorwa hifashishijwe ikoranabuhanga no kuri televiziyo kuva kuwa 30 Ugushyingo kugeza ku ya 6 Ukuboza 2020. Huawei izahugura abanyeshuri 64 b’abahanga mu ikoranabuhanga baturutse muri kaminuza zitandukanye zo mu Rwanda, bazahugurwa ibijyanye na Interineti, Virtual Reality, Data Data, Cloud, Artificial intelligence n’amasomo ajyanye na Internet ya 5G. Yang Shengwan uhagarariye Huawei mu Rwanda avuga ko amahugurwa y’uyu mwaka azakorerwa hifashishijwe ikoranabuhanga kubera icyorezo cya covid-19 cyahagaritse ingendo zitandukanye ku Isi hose. Yang Shengwan yagize, ati: “Mbere, twatoranyaga abanyeshuri 8
Ishuri rya KETHA ryigisha ubukerarugendo n’amahoteli rikagushakira n’aho gukorera “stage”

Ishuri rya KETHA ryigisha ubukerarugendo n’amahoteli rikagushakira n’aho gukorera “stage”

Uburezi
Ishuri ryigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo n’amahoteli ryitwa “Kigali Excellent Tourism and Hospitality Academy (KETHA)” rifite umwihariko mu kuba rishakira umunyeshuri aho kwimenyereza umwuga (stage). Habimana Alphonse, Umuyobozi wa “KETHA” akaba na ny’iri “Excellent Restaurant” iri i Nyamirambo imbere ya St André, aratangaza ko kwiyandikisha mu bashaka kwiga muri iri shuri ryigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo byatangiye. Habimana avuga ko abashaka kwiyandikisha babasanga imbere ya St André ndetse no kuri Arete ku bantu bajya i Nyamata mu Bugesera. Bimwe mu byo iri shuri rikora harimo: Kwigisha no gutoza abanyeshuri kugira ubumenyi mu byo kwihangira umurimo, gutoza no gukurikirana abanyeshuri babo mu gihe cyo kwimenyereza umwuga (internership) no gukorana n’abandi (par
 Ishuri rya KIM hagati yo gufungwa no gutezwa cyamunara

 Ishuri rya KIM hagati yo gufungwa no gutezwa cyamunara

Uburezi
Mu minsi ishize bamwe mu bakozi b’Ishuri Rikuru rya KIM iherereye i Kanombe ahitwa Cumi na kabiri  banditse bakoresheje twitter bandikira Perezida wa Repubulika Paul Kagame ndetse na Minisitiri w’Intebe bagaragaza ko babayeho nabi nta mushahara babona mu mezi 8 ndetse nta n’ubwishingizi bishyurirwa. Twitter y’abaakozi ba Kaminuza ya KIM ivuga ko bandikiye inzego zitandukanye  zirimo ikigo gishinzwe abakozi n’umurimo  ndetse na HEC n’izindi zitandukanye  bazimenyesha ikibazo cyabo  ariko ko nta gisubizo bahawe bityo bakaba bafite impungenge uko bazabaho muri ibi bihe byo kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda Corona Virus badafite ikibatunga basaba Perezida ko yabatabara ikibazo cyabo kigakemuka. Umwe mu barimu uhigisha utarashatse ko amazina ye atangazwa kubera impamvu z’umute
Rwamagana :Barasaba ko gahunda y’uburere budahutaza yagezwa ku babyeyi bose

Rwamagana :Barasaba ko gahunda y’uburere budahutaza yagezwa ku babyeyi bose

Uburezi
Abatuye mu Murenge wa Gahengeri mu Karere ka Rwamagana barasaba ko gahunda yitwa “Uburere budahutaza”  yatangijwe n'itorero rya EPR binyujijwe mu mushinga waryo  ugamije gufasha abana yagezwa kuri bose. Mukeshimana umwe mubavuga ko abagore aribo baharirwa inshingano zo kurera abana bonyine abagabo  bakihunza izo nshingano avuga ko inyigisho bahawe zikwiye kugera ku bagabo n'abagore mu mirenge yose  . Habimana Jean Pierre ni umwe mu bagabo bahawe amahugurwa n’umuryango ufasha abana w’itorero rya E.P.R avuga ko abagabo bagenzi be bakeneye gukangurirwa gufasha abagore kurera abana babo . Agira ati “ ntabwo nari nsobanukiwe nuko ngomba gufasha umugore ariko maze kwigishwa gufasha umugore kurera abana nasanze abagabo dutererana abagore kandi iyo umugabo n’umugore badafatanyije kure
Bugesera: Yatwaye ibihembo byinshi muri “Awarding Best Innovations and Practices”

Bugesera: Yatwaye ibihembo byinshi muri “Awarding Best Innovations and Practices”

Uburezi
Mu muhango wa Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) wo guhemba ababaye indashyikirwa mu guhanga udushya tugatanga umusaruro mu gikorwa cyiswe “Awarding Best Innovations and Practices” Akarere ka Bugesera kegukanye ibihembo byinshi. Ubuyobozi bw’Akarere ka Bugesera bukuriwe na Richard Mutabazi butangaza ko bwishimiye ibi bihembo bahawe mu mpera z’icyumweru. Ibihembo byatanzwe Abana 3 ba  Maranyundo Girls School baje ku isonga bahembwa itike (Ticket) yo kujya i DUBAI kurushaho guhugurwa mu ikoranabuhanga, bahabwa “Flat screen” 1 na “Laptops” 3 na “tablets 3” kubera udushya bakoze two gukora “robots” no gukora “software” ishobora kwifashishwa kurwanya abareka kwiga (Dropout). Gasore Serge yahembwe umudari w'ishimwe, igikombe na “Certificat” kuko yafashije abana batishoboye abaha u