
Si byiza ko umuntu akuzanira amafaranga akayasubizayo kuko yakiriwe nabi-Bagarirayose
Bagarirayose Charles, umusore wize muri kaminuza ibijyanye no kwakira neza abantu (Customer care) avuga ko ahandi nko mu bihugu byateye imbere kwakira neza abakiriya ari umuco, ibyo bigatuma barushaho gutera imbere kuko n’uzanye amafaranga atayasubizayo.
Bagarirayose mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru impamba.com yavuze ko atari byiza ko umuntu akuzanira amafaranga, ariko akayasubizayo kuko yakiriwe nabi.
https://www.youtube.com/watch?v=8BpipiXipZQ
Bagarirayose yavuze ko mu bihugu byateye imbere “Customer care” iri ku rwego rwo hejuru ndetse byamaze no kuyigira umuco ati “nashishikariza rero buri munyarwanda wese aho ari, ubyiruka, umusaza, umukecuru, buri wese kubishyiramo ingufu kugira ngo umuntu ukuzaniye amafaranga atagucika kuko nk’iyo urebye mu bindi bihugu byateye imb