Ubukungu

IPAR na Access to Finance Rwanda bamuritse igitabo kigaragaza inzitizi umuhinzi agihura nazo

IPAR na Access to Finance Rwanda bamuritse igitabo kigaragaza inzitizi umuhinzi agihura nazo

Ubukungu
Ikigo cy’Ubushakashatsi (IPAR Rwanda) gifatanyije na Access to Finance bashyize ahagaragara igitabo gikubiyemo ibikorwa byose bijyanye no gutanga inguzanyo mu buhinzi. Ubu bushakashatsi bukubiye muri iki gitabo cya page 94 cyiswe “Rwanda Agriculture Finance Year Book” bwakozwe hagati y’umwaka wa 2017-218 bwashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Gatatu tariki ya 31 Nyakanga 2019 muri Kigali. Eugenie Kayitesi, Umuyobozi Mukuru wa IPAR yatangarije abanyamakuru ko mu bushakashatsi bakoze bakusanyije amakuru ajyanye n’ukuntu ubihinzi buterwa inkunga mu Rwanda, mu rwego rwo kubavana mu bukene babatera inkunga. Umuyobozi wa IPAR avuga ko hakenewe ubufatanye bw’inzego zitandukanye nk’ibigo by’imari iciriritse, imiryango itari iya Leta n’indi kugira ngo  urwego rw’ubuhinzi rutezwe imbere.
S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN

S.E.A.L SUPPORT “MADE IN RWANDA”CAMPAIGN

Ubukungu
In 2017,SawmillEast Africa Limited (S.E.A.L)are the new Investors from Europe,who have started their wood industry activities in Rwanda. An interview with the marketing manager of S.E.A.L, Mrs. Jyoti.S.Kumar who attended the 14th National Agriculture livestock exhibition at Mulindi center in Kigali, showed that they work as one of the partners of the Rwandan government, focusing on sustainable forest management, reforestation by maintaining nursery and planting them, modern harvesting of trees and finest wood products which is a hundred percent purely Made in RWANDA. S.E.A.L is currently producing a wide variety of products and became the largest player in wood industry in Rwanda. In addition to supply of timber, they are also producing wooden packaging materials, solid wood claddin...
Umuyobozi wa CMA arashishikariza urubyiruko kwizigamira binyuze mu marushanwa

Umuyobozi wa CMA arashishikariza urubyiruko kwizigamira binyuze mu marushanwa

Ubukungu
Capital Market University Challenge ni amarushanwana ategurwa na “Capital Market Authority” akaba ahuza urubyiruko rwo muri za kaminuza zitandukanye zo mu Rwanda, kuri ubu akaba yarabaye ku nshuro ya gatandatu. Amarushanwa ya 2019 yateguwe na “Capital Market Authority (CMA), ku bufatanye n’Ikigo cy’Isoko ry’Imari n’imigabane(Rwanda Stock Exchange (RSE), n’ikigo mpuzamahanga gihuza abanyeshuri biga ibijyanye n’Ubukungu n’Ubumenyi(International Association of Students in Economic and Commercial Sciences (AIESEC) hamwe n’ikigo cya ICPAR(the Certified Public Accountants of Rwanda). Aya marushanwa akaba yaratangiye tariki ya 1 Werurwe 2019 kugeza 26/3/2019). Nk’uko byatangajwe n’Umuyobozi w’agateganyo wa Capital Market Authority, Bundugu Eric, yavuze ko aya marushanwa bayategur
Nasho: Ikinyamakuru impamba.com cyasuye Nkwakuzi ukora inzoza y’Urwagwa yitwa “Ishema”

Nasho: Ikinyamakuru impamba.com cyasuye Nkwakuzi ukora inzoza y’Urwagwa yitwa “Ishema”

Amakuru, Ubukungu
Ikinyamakuru impamba.com cyasuye rwiyemezamirimo witwa Nkwakuzi Ignace ukorera mu Murenge wa Nasho, Umudugudu wa Mulindi mu Kagari ka Rubirizi ho mu Karere ka Kirehe ufite uruganda rukora inzoga yitwa Ishema binyuze muri sosiyete (company) yitwa “Urwagwa Ishema Ltd”, maze avuga aho igitekerezo cyaturutse n’inyungu rufite ku baturage by’umwihariko ba Nasho. Nkwakuzi kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Werurwe 2019, yatangarije umunyamakuru ko igitekerezo cyo gukora uruganda rutunganya inzoga Ishema yakigize nyuma yo gusura abaturage b’i Mutenderi mu Karere ka Ngoma akabona uburyo bahinga insina bakoramo inzoga. Nkwakuzi avuga ko inyungu abaturage ba Nasho bafite ku ruganda Urwagwa Ishema Ltd ari uko bagurirwa umusaruro wabo no kuba hari abakozi babonye akazi babikesha uru ruganda.