Sesengura

Aho icyicaro cy’ihuriro ry’amadini “Alliance Evangelique au Rwanda” kibarizwa i Ndera hateye agahinda (yavuguruwe)

Aho icyicaro cy’ihuriro ry’amadini “Alliance Evangelique au Rwanda” kibarizwa i Ndera hateye agahinda (yavuguruwe)

Sesengura
Nsanga RGB n'inzego z’ibanze barafunze insengero zidafite inyubako zijyanye n’igihe,bibagirwa iy'ibiro bikuru by'Ihuriro ry'Amadini ya Gikristu mu Rwanda ari yo "Alliance Evangelique au Rwanda", nyuma yo kuhagera ngasanga rikorera ahantu hameze nko mu itongo. Ihuriro ry'Amatorero n'amadini Alliance Evangelique au Rwanda risanzwe rikora ibikorwa birimo guharanira amahoro mu banyarwanda ,gutanga inyishigisho z'ubumwe n'ubwiyunge , imishinga yafasha amatorero kwiteza imbere . Iri huriro ryakoze umurimo ukomeye nyuma ya Jenoside yakorewe abatutsi kuko ryagiye rishyigikira ukubaho kw'amadini n'amatorero mu Rwanda hagamijwe kwigisha ubumwe n'ubwiyunge , ndetse no kwishyira hamwe mu bikorwa byo gusengera igihugu . Iri huriro kandi rikaba rikorana umunsi ku wundi n'amatorero abarizwa
Abahanzi 7 b’Abanyarwanda babicabigacika mu mahanga

Abahanzi 7 b’Abanyarwanda babicabigacika mu mahanga

Imyidagaduro, Sesengura
Ikinyamakuru impamba.com kigiye kubagezaho urutonde rw’abahanzi barindwi b’Abanyarwanda babica bigacika baba mu mahanga, bakunzwe ndetse n’indirimbo zabo zifatwa nk’izibihe byose. 1.KAYIREBWA CECILE Kayirebwa Cécile ni umuhanzi w’Umunyarwanda ubarizwa mu Bubiligi, indirimbo ze nka Umunezero,Tarihinda, Cyusa, Inzozi, Inkindi, Urusamaza, n’izindi zifatwa nk’iz’ibihe byose bitewe n’akamaro zagiriye sosiyete nyarwanda. Indirimbo za Kayirebwa zamamaye mu Rwanda no mu mahanga ku buryo n’amaradiyo yo mu Burayi acuranga indirimbo ze. Kayirebwa Cecile yavutse tariki ya 22 Ukwakira 1946 mu mujyi wa Kigali, akaba avuka mu muryango w’abahanzi nk’uko imbuga zitandukanye za internet zibitangaza. Mu mwaka wa1994, yasohoye CD ye ya mbere yise “Rwanda” muri “Globe Style” (inzu itunganya
Ubusesenguzi: Young Generation ishobora kuba igiye gukora ibyo amadini n’amatorero ya Gikirisitu atakoze

Ubusesenguzi: Young Generation ishobora kuba igiye gukora ibyo amadini n’amatorero ya Gikirisitu atakoze

Sesengura
Mu minsi ishize,nagiranye ikiganiro na Past Sebanani Christophe na Ev.Rurangwa Denis bagira bati" ntitwumva ukuntu nyuma y'imyaka 5 yose ishize habaye “Declaration” itangajwe n'abayobozi b'amadini n'amatorero  itarashyirwa mu bikorwa,byagaragaye ko ibyo bemereye imbere y'abayobozi b'Igihugu ,abayoboke n'amahanga, bitashyizwe mu bikorwa; dore ko nyuma y’iri tangazo ari bwo mu madini menshi basubiranyemo abandi barafungwa mu madini biradogera. Mu busesenguzi bwanjye hari ibyo nibajije nshingiye kuri yubire y'imyaka 25 irimo gutegurwa na Young Generation inenga kudashyirwa mu bikorwa ibyo biyemeje. Tariki 9 Nyakanga 2019, muri “Kigali Convention Centre” hateraniye abayobozi bakuru b’igihugu bagera kuri 2000, abanyamadini, abikorera n’abandi bayobozi bakuru b’igihugu, mu mahugurw
Impamba y’uyu munsi: Kunanirwa kwihangana ni ugutsindwa intambara y’ubuzima

Impamba y’uyu munsi: Kunanirwa kwihangana ni ugutsindwa intambara y’ubuzima

Sesengura
Impamba y'uyu munsi twabateguriye, iravuga ku bucukumbuzi twakoze bujyanye n' ibitekerezo by'ubuhanga bya bamwe bagiye baba indashyikirwa mu gutekereza no gukora. Hari abahanga, intwari babayeho kuri iyi si dutuye bakaba baramenyekanye ku buvumbuzi bakoze, mu magambo y’ubuhanga bavuze, mu ntambara barwanye ku miyoborere myiza n’ibindi bitandukanye bakoze bikaba bitazibagirana mu mateka Dore amwe mu magambo yavuzwe na “Mahatma Ghandi” (intwari yo mu gihugu cy’u Buhinde) yabereye abatuye isi urwibutso rukomeye kugeza n'uyu munsi. Amwe mu magambo Ghandi yavuze akwiriye kukubera impamba Ijisho riramutse rihorewe irindi jisho, byarangira abatuye isi bose ari impumyi. Umunyantege nke ntashobora kubabarira, imbabazi ni umwihariko w’ abanyembaraga. Kunanirwa kwihangana ni ko
Ari umu “Athletes” witoreza mu Rwanda n’uwitoreza mu mahanga batandukanira he?

Ari umu “Athletes” witoreza mu Rwanda n’uwitoreza mu mahanga batandukanira he?

Sesengura
Hari abakinnyi b’Abanyarwanda bakina imikino ngororamubiri (athletisme) bitoreza mu Rwanda gusa n’abandi bajya kwitoreza mu mahanga bihereye muri aka Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nko muri muri Kenya n’abitoreza mu Burayi, mu isesengura ikinyamakuru impamba.com cyakoze kirabereka  ko abo bakinnyi hari aho batandukanira yaba mu kuzamura urwego rw’imikinire yabo yabo ndetse no mu kwiteza imbere no gufasha imiryango yabo cyangwa se kwereka bagenzi babo inzira bacamo impano Imana yabahaye yo kwiruka uburyo bamenya aho bajya guhahira bayikoresheje. Muri ubu busesenguzi turibanda ku bakinnyi barimo abajya kwitoreza mu mahanga bakagaruka mu Rwanda vuba cyangwa banakenerwa bakagaruka gukinira igihugu cyabo, turagaruka na none kubajya mu mahanga bikaba ngombwa ko batinda kugaruka mu Rwan
Imitegurire mibi mu mikino ya FEASSA iratanga isura mbi ku Rwanda

Imitegurire mibi mu mikino ya FEASSA iratanga isura mbi ku Rwanda

Imikino, Sesengura
Mu Karere ka Musanze harabera imikino mpuzamashuri y’aka Karere izwi ku izina rya “FEASSA” nubwo ari ubwa gatatu u Rwanda rwakira iyi mikino, ariko iya 2018 ni yo ngo yaranzwe n’imitegurire mibi. Umwe mu batoza uri i Musanze wavuganye n’ikinyamakuru impamba.com yavuze ko mu mikino ya FEASSA ibera i Musanze imitegurire yayo ari akavuyo gusa ari na yo mpamvu inzego nyinshi zinjiyemo kugira ngo isura y’igihugu idakomeza kugaragara nabi, ati “kubera imitegurire mibi byabaye ngombwa ko igisirikare n’igipolisi n’inzindi nzego z’igihugu zinjira muri iyi mikino”. Uwatanze aya makuru yavuze ko kimwe mu bibazo biza ku isonga mu kugaragaza ko imyiteguro y’imikino ya FEASSA yagenze nabi ari ibibuga bidakoze neza, ibindi ni ibura by’ibikoresho bimwe na bimwe mu mikino ngororangingo (Athletics
Gutabwa muri yombi kw’abayobozi bakuru mu Rwanda: Hakurikiraho iki?

Gutabwa muri yombi kw’abayobozi bakuru mu Rwanda: Hakurikiraho iki?

Sesengura
Umubare mwinshi w’abayobozi bakuru batabwa muri yombi bagirwa abere Kuki iyo barekuwe badasubizwa mu kazi? Bamwe mu bagizwe abere ntibakifuza kugaragaza uko babayeho hanze Transparency International Rwanda (TIR) ivuga ko bitumvikana uburyo abayobozi benshi bagirwa abere Inkiko mu Rwanda ntizemera ibyo kurekura abayobozi bakuru Umunsi ku wundi havugwa amakuru y’itabwa muri yombi rya bamwe mu bayobozi bakuru b’ibigo  na za Minisiteri, impamvu nyamukuru ikaba iyo gukekwaho kunyereza umutungo w’abaturage. Aba bayobozi bashyirwa mu nkiko bakaburana, gusa abenshi muri aba bagirwa abere kuri ibi byaha, ibintu n’umuryango urwanya ruswa n’akarengane (Transparency Rwanda) uvuga ko bikwiye kwibazwaho. Twayagerageje gushyira hamwe bamwe muri aba bayobozi bagiye bakurik
Ibimenyetso 5 bishobora kukwereka umukobwa utakiri isugi

Ibimenyetso 5 bishobora kukwereka umukobwa utakiri isugi

Sesengura
Mu muco nyarwand umukobwa wirinze ntakore imibonano mpuzabitsina imburagihe aba ari isugi kugeza ubwo akoze imibonano mpuzabitsina akaba atakaje ubusugi, ariko ntabwo biba byoroshye ko wamenya umukobwa watakaje ubusugi bwe ariko hari bimwe mu bimenyetso byaguhamiriza neza ko umukobwa atakiri isugi. 5. Kurakara igihe abajijwe ko akiri isugi Umukobwa utakiri isugi iyo ubimubajije agusubizanya umujinya akakubwira ko bitakureba. Nyamara umukobwa w’isugi iyo ubimubajije aramwenyura usanga ntacyo biba bimubwiye kuba wavuga ko ari isugi cyangwa se atakiri isugi. 4. Bakunda kwigunga Abakobwa bose bigunga si ko baba baratakaje ubusugi, ariko umukobwa iyo amaze igihe gito atakaje ubusugi akunze kwigunga ku buryo ashobora no kumara iminsi ikurikira igihe yatakarijeho ubusugi mu nzu at
Scroll Up