Imyidagaduro

Mu ndwara turwara muri sosiyete nyarwanda harimo ishyari, ubusambo n’umururumba-Buhigiro Jacques

Mu ndwara turwara muri sosiyete nyarwanda harimo ishyari, ubusambo n’umururumba-Buhigiro Jacques

Imyidagaduro
Buhigiro Jacques umuhanzi wamenyekanye kuva mu mwaka wa 1965 avuga ko guhimba indirimbo yitwa “Ishyari ni indwara ihitana babiri” bifatanye isano n’indwara iri muri sosiyete nyarwanda. Mu gusobanura impamvu yahisemo kwita indirimbo ye “Ishyari ni indwara ihitana babiri” Buhigiro Jacques yagize ati “mu  ndwara turwara muri sosiyete nyarwanda, harimo: Ishyari, ubusambo n’umururumba”. https://www.youtube.com/watch?v=vpgDVXXopaA Uyu muhanzi ariko wahisemo gushinga ishuri ry’ubuvuzi bwa siporo yavuze ko indirimbo ze zibandaga ku buzima bwo muri sosiyete nubwo abahanzi ba kera babikoraga bagamije gutanga ubutumwa atari ukugira ngo binjize amafaranga. Zimwe mu ndirimbo za Buhigiro Jacques ni: Amafaranga yo kabyara yo gatsindwa, Sinkunda bitugukwaha, Nkubaze Primus, Ibyisi ni mpang
Natangiye guhanga indirimbo muri 1965 ariko ntibyigeze bintunga-Buhigiro

Natangiye guhanga indirimbo muri 1965 ariko ntibyigeze bintunga-Buhigiro

Imyidagaduro
Buhigiro Jacques umuhanzi uzwi mu ndirimbo za karahanyuze nka: Nyirabihogo, Bitugukwaha, Rwabitoki n’izindi, avuga ko imyaka amaze mu buvuzi ari yo mike kuruta iyo iyo afite mu buhanzi, ariko kuko butigeze bumutunga n’iyo mpamvu imbaraga yazishyize mu kuvura abafite ubumuga ndetse n’abakinnyi. Mu kiganiro Buhigiro Jacques yagiranye n’ikinyamakuru impamba.com, yavuze impamvu atakomeje kugaragara mu buhanzi ati “ubuhanzi ntabwo nabugiye ku ruhande, ahubwo nakomeje icyantunze mu buzima bwanjye”. Buhigiro avuga ko amaze imyaka 48 mu buvuzi, ariko ubuhanzi ari bwo yatangiye kera kuko yabutangiye mu mwaka wa 1965. Uyu muhanzi yavuze ko kera batahimbaga bagamije gushaka amafaranga, ati “kera ntabwo twari abantu bahahisha umuzika wenda ni ikosa twagize, twari abantu nyine bahangira umury
Umuyobozi wa Christafari mu gitaramo “Unstoppable Concert” yashimye isuku yabone mu Mujyi wa Kigali

Umuyobozi wa Christafari mu gitaramo “Unstoppable Concert” yashimye isuku yabone mu Mujyi wa Kigali

Imyidagaduro
Umuyobozi w’itsinda rya Christafari ari we Mark “Tansoback” Mohr wo muri Amerika, ubwo yitabiraga igitaramo cyabereye mu ihema rya Champ Kigali ku ku butumire bw’itsinda “Beauty For Ashes” yishimiye uburyo u Rwanda ari igihugu cyiza kirangwa n’isuku mu Mujyi wa Kigali. https://www.youtube.com/watch?v=Q3Kor5MNkX8 Itsinda Christafari ni ryo ryitsinda rya mbere ririmba indirimbo zihimbaza Imana rikoresheje injyana ya Reggae. Iri tsinda ribarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu mpera z’icyumweru ryasusurukije abantu baringaniye bari bateraniye muri Camp Kigali bakoresheje indirimbo zabo zo mu njyana ya Reggae. Mark "Tansoback" Mohr umuyobozi w’itsinda rya Christafari yavuze ko yishimiye intera u Rwanda rumaze kugeraho mu iterambere nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu
“Beauty For Ashes” yasohoye indirimbo “Ni we Boss” mbere y’igitaramo kigomba kuba kuri uyu mugoroba

“Beauty For Ashes” yasohoye indirimbo “Ni we Boss” mbere y’igitaramo kigomba kuba kuri uyu mugoroba

Imyidagaduro
Abahanzi bagize itsinda ry’indirimbo zo guhimbaza Imana ari ryo “Beauty For Ashes” kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Kanama 2018 bashyize ahagaragara indirimbo nshya baririmbanye n’umuhanzi NPC yitwa “Niwe Boss” mbere y’uko kuri uyu wa Gatandatu nimugoroba bafite igitaramo cy’akataraboneka muri Camp Kigali kiza kuba kirimo abahanzi bakomeye baturutse muri Amerika bagize itsinda rya “Christafari”. https://www.youtube.com/watch?v=WLpArGfuFvY Abandi bahanzi bagomba gufasha abagize “Beauty For Ashes” nk’uko bitangazwa na Kavutse Olivier umuyobozi w’iri tsinda harimo “Colombus, The Pink, Gael n’abandi. Kwinjira muri iki gitaramo gitangira saa kumi n’imwe z’umugoroba,mu myanya y’icyubahiro (VIP) ni ibihumbi icumi (10,000 FRS) naho ahasigaye ni ibihumbi bitanu (5,000Frs). Kav
“Beauty For Ashes” yateguye igitaramo, menya abahanzi bazaririmba kuri uwo munsi

“Beauty For Ashes” yateguye igitaramo, menya abahanzi bazaririmba kuri uwo munsi

Imyidagaduro
Abahanzi bagize itsinda rya “Beauty For Ashes’ bateguye igitaramo cyo guhimbaza Imana kizaba tariki ya 4 Kanama 2018 mu ihema rya Champ Kigali. Kavutse Olivier Umuyobozi w’itsinda ry’abahanzi “Beauty For Ashes” yabwiye ikinyamakuru impamba.com ko iki gitaramo kizatangira saa kumi n’imwe z’umugoroba . Bamwe mu bahanzi batumiwe muri iki gitaramo ni: Itsinda rya Christafari ryo muri Amerika , Colombus, The Pink, Gael n’abandi. Kwinjira muri iki gitaramo mu myanya y’icyubahiro (VIP) bizaba ari ibihumbi icumi (10,000 FRS) naho ahasigaye ni ibihumbi bitanu. Itsinda rya Beauty For Ashes tariki ya 9 Nyakanga 2017 ryamuritse alubumu ya gatatu yitwa ‘Renaissance” yari igizwe n’indirimbo 12 zirimo: Yesu ni sawa, The cross n’izindi ndirimbo eshanu z’inyongezo (bonus) zirimo: Turash
Bab- G arashaka gufasha abahanzi badafite ubushobozi

Bab- G arashaka gufasha abahanzi badafite ubushobozi

Imyidagaduro
Umuhanzi Bab-G arashaka gufasha abahanzi badafite ubushobozi bwo gushyira ahagaragara ibihangano byabo binyuze muri Studio ye yitwa “Amazing Records” ikorera ku Gisozi mu Mujyi wa Kigali. Rukundo Moïse wamenyekanye ku izina ry’ubuhanzi rya Bab-G yatangarije ikinyamakuru impamba.com ko yashinze studio ya “Amazing Records” agamije gufasha abahanzi badafite ubushobozi bwo gukoresha indirimbo kuko uko uje kose urakirwa. Bamwe mu bahanzi bamaze gutunganyiriza indirimbo muri iyi studio “Amazing Record” ni G-Bruce mu ndirimbo yitwa “Kiss Kiss”,  iyitwa “Itaranto nahawe” yaririmbwe n’abahanzi bazwi (all stars) barimo Packson, Green P na Back T, iyi ndirimbo ikaba yaratunganyijwe na “Producer” Jackson Daddoe wamenyekanye muri Umoja studio, indi ni Mbera mushya ya Bab-G. Korali “Aba
Umuziki ugira uruhare mu kumenyekanisha ubuvuzi bwanjye-Dr Scientifique

Umuziki ugira uruhare mu kumenyekanisha ubuvuzi bwanjye-Dr Scientifique

Imyidagaduro
Umuhanzi Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Dr Scientifique, kuva yatangira kugaragaza impano yo kuririmba byagize n’uruhare mu kugira ngo ubuvuzi bwa gakondo akora ngo bumenyekane. Ubwo ikinyamakuru impamba.com cyasuraga umuhananzi Dr Scientifique aho akorera i Nyabugogo yavuze ko ubuhanzi bwe bwibanda ku butumwa bwubaka igihugu, aha yatanze urugero ku ndirimbo ye iheruka kujya ahagaragara yise “Twahisemo neza” aho aba avuga uburyo u Rwanda ruri gutera imbere. https://www.youtube.com/watch?v=ScWrj0OEOQk Dr Scientifique umaze guhimba indirimbo zisaga 30 afite n’indi ndirimbo yise “Ibyishimo by’ababyeyi “ aho aba avuga ibyiza byo kubyara n’uburyo bitera ababyeyi akanyamuneza. Ibi bihangano avuga ko uko abishyira ahagaragara bituma abantu bifuza no kumenya ibyo ak
Davido mu nzira zo guhagarika muzika

Davido mu nzira zo guhagarika muzika

Imyidagaduro
David Adedeji Adeleke wamamaye nka Davido akomoka mu gihugu cya Nigeriya yatangaje ko agiye guhagarika umuziki akareba ibindi yerekezamo mu gihe cya vuba. Ubwo yaganiraga n’itangzamakuru umuhanzi Davido wavutse 21 Ugushyingo 1992 kuri ubu ufite imyaka 25 yatangaje ko niyuzuza imyaka 30 azahita ahagarika umuziki burundu bivuze ko  yihaye igihe kingana n’imyaka 5 akora umuziki Yagize ati”mfite imyaka 25 y’amavuko mfite kandi igihe kingana n’imyaka 5 nkora umuziki ni ngira imyaka 30 sinshaka kuzongera kumvikana mu muziki ukundi” Davido kuva yatangira umuziki yarakunzwe kugeza magingo aya akiri kugasongero mu bayoboye muri Nigeriya dore ko umuziki yawukuyemo umusaruro ufatika mu minsi ishize akaba yaranaguze indege ye bwite (Private Jet) ibintu bikorwa na bake mu bahanzi bakora um
Humble Jizzo (Urban Boys) arashinjwa kugira uruhare mu gutuma Cedric atagaragaza impano ye

Humble Jizzo (Urban Boys) arashinjwa kugira uruhare mu gutuma Cedric atagaragaza impano ye

Imyidagaduro
Iradukunda Cedric aravuga uburyo umwe mu bagize itsinda rya Urban Boys yamwijeje ibitangaza bituma atita ku mpano ye yo kuririmba. Mu kiganiro yagiranye na impamba.com, Iradukunda yavuze uburyo yahuye na Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys wari waramwemereye ko azamufasha, ariko birangira bidakozwe. https://www.youtube.com/watch?v=5qAoG1z5V6M&feature=youtu.be Iradukunda avuga ko muri 2014, ari bwo yamenyanye na Humble, umwe mubagize itsinda rya Urban Boys. Avuga ko bajyaga bavugana kuri telefone, ariko Humble akaba yaramwishimiraga cyane kubera impano ye, ati “Natangiye kumva ko mfite impano yo kuririmba muri 2010, icyo gihe naririmbaga injyana ya Hip Hop.Nza kubona nimero ya Humble ntangira kujya muhamagara mubwira ko nanjye ndi umuhanzi. Ambaza injyana ndirimba mu
Korali El Shaddai irasaba urubyiruko gusura inzibutso za Jenoside

Korali El Shaddai irasaba urubyiruko gusura inzibutso za Jenoside

Imyidagaduro
Mu mpera z’iki cyumweru abagize  Korali El Shaddai basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994 ruri ku Gisozi, nyuma yo kumenya amateka, basabye urubyiruko kujya rusura inzibutso kugira ngo ibyabaye bitazasubira ukundi. Iraguha Pacifique, ushizwe iterambere ry’iyi korari yabwiye Impamba.com ko muri iki gikorwa bari haherekejwe n’umushumba Bazatsinda Fred usanzwe ukuriye Gihogwe yose. Avuga ko basura uru rwibutso bahigiye byinshi bari basanzwe batazi ahubwo babyumva ku magambo. Yagize ati “Muri iki gikorwa twize amateka y’uburyo Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe kugeza ishyizwe mu bikorwa.Nyuma dusobanurirwa n’uburyo yahagairitswe ndetse nuko igihugu cyagiye cyisuganya kugeza aho kigeze ubu.” Ni muri urwo rwego Iraguha avuga ko ubu bazi neza amateka ku ku