Minisiteri y’Ubutegetsi n’Umutekano mu Burundi, yemeje ko umuhanzi w’Umunyarwanda Bruce Melodie agifunze ngo hakaba hari abayobozi mu Burundi batishimiye ifungwa rye.
Umuvugizi wa Minisiteri y’Ubutegetsi n’Umutekano mu Burundi, Pierre Nkurikiye, mu gitondo cyo kuri uyu wa 01 Nzeri 2022, yabwiye BBC ko uyu muhanzi w’Umunyarwanda agifunze.
Yatangaje ibi nyuma yuko ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki 31 Kanama 2022 hari hakwirakwiye amakuru avuga ko Bruce Melodie yarekuwe.
Bruce Melodie wagiye mu Burundi ku butumire bw’igitaramo yagombaga kuririmbamo, yatawe muri yombi amaze kugera muri iki Gihugu aho yari yabanje kwakiranwa ubwuzu ku kibuga cy’indege.
Amakuru avuga ko Bruce Melodie yafashwe n’abashinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi ashinjwa ubutekamutwe.
Uyu muhan
Muziranenge Prosper,umuhanzi akaba n’umuganga muri imwe muri za “Pharmacie” zikorera mu Mujyi wa Huye, avuga ko umuhamagaro we ushingiye mu kuririmba indirimbo zihimbaza Imana (Gospel music) ndetse akaba ari nta gahunda afite yo kubireka kuko Imana yamukoreye ibikomeye mu buzima bwe imukiza indwara bamwe bavuga ko zishingiye ku marozi.
https://www.youtube.com/watch?v=PFFnPFxeb4c
Muziranenge Prosper yatangarije ikinyamakuru impamba.com ko yatangiye kuririmba muri Korali muri 2002, mu rusengero rwa ADEPR i Nyakarambi mu Karere ka Kirehe aho yaririmbaga muri Korali y’urubyiruko yitwa Inshuti y’Imana,ati “niyo nakundiyemo kuririmba cyane”.
Indirimbo ye yashyize ahagaragara ni imwe,ikaba yitwa “Urera Mana” yagiye ahagaragara muri 2020,ariko yari yatangiye gukora n’izindi ebyiri ari
Ras Banamungu umwe mu bahanzi b’Abanyarwanda baba muri Australia mu buryo bw’akazi ndetse no mu buryo bwa muzika, yahishuye ko yagombaga kuririmbira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika byicwa na Coronavirus. Yatangarije INYARWANDA ubuzima abayemo avuga ko umuziki we utazasubira inyuma, asaba buri wese kwirinda no gukumira Covid-19.
Indirimbo nka My Sunshine kimwe n’ibihembo yahawe bimuha impamvu yo kuvuga ko ari umwe mu bahanzi bamaze kubaka izina rikomeye haba mu Rwanda ndetse no mu gihugu cya Australia atuyemo. Mu kiganiro na INYARWANDA yavuze kuri muzika ye ndetse yemeza ko muzika idashobora guhagarara.
Ni umwe mu bahanzi bagombaga kujya muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu gitaramo Gala Fest, gisanzwe kiba ngaruka mwaka mu buryo bwo gufasha abahanzi bahawe ibihembo bitandukanye
Sibomana Jean Bosco uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Dr Scientific yashyize ahagaragara indirimbo y’urukundo yise "Tonight" irimo ubutumwa bugamije kwigisha abantu gufata umwanya bakaruhura ubwonko bwarushye kukoba babakoze cyane no
gufata umwanya bagasohokana abakunzi babo bakagira icyo babakorera cyo kubatungura (surprise).
Iyi ndirimbo “Tonight” irumvikana no ku rubuga rwa YouTube rwa Dr Scientific, ikaba yagiye ahagaragara kuri uyu wa Gatanu tariki ya 13 Werurwe 2020.
Mu kiganiro n’ikinyamakuru impamba.com Dr Scientific yagize ati “njyewe nk’umuhanzi Dr.scientific nshimira inshuti za muzika Nyarwanda uburyo zikunda muzika nyarwanda, uyu mwaka wa 2020 ni uwo gukora cyane duharanira ibyaduteza imbere nk’abenegihugu”.
Sibomana na none arashimira inshuti ze zose uburyo zidahw