Author: Umusomyi wa impamba.com

Menya amafaranga abakoresha Ubutasi bwa Pegasus bukorerwa kuri Telefone bishyura Abayisiraheri

Menya amafaranga abakoresha Ubutasi bwa Pegasus bukorerwa kuri Telefone bishyura Abayisiraheri

Politiki
Abakoresha ubutasi bwa Pegasus bakoresha telefone yawe nk'aho ari iyabo (Ifoto/BBC)Ubutasi kuri telefone zigendanwa  bwongeye kuvugwa muri iyi minsi ko bukorwa na za leta zimwe na zimwe, igiciro cyabwo gishobora kugera kuri miliyoni 1$ kugira ngo ikoreshwe muri telephone 10 gusa, nk'uko bivugwa n'ikinyamakuru New York Times. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko Amnesty International iherutse gutangaza amakuru mashya y'abantu batandukanye Pegasus yinjijwe muri telephone zabo, cyangwa yagerageje kwinjizwamo hagamijwe kubaneka. Leta z'ibihugu bitandukanye ku isi, muri Africa birimo u Rwanda na Maroc, zashinjwe kuyikoresha ku batavuga rumwe n'ubutegetsi, impirimbanyi z'uburenganzira bwa muntu cyangwa abanyapolitiki bakomeye bo mu bihugu bituranyi. Organized Crime and Corruption Repo
Magufuri ati “nta guma mu rugo izabaho, nta n’urukingo rwa COVID-19 dukeneye”

Magufuri ati “nta guma mu rugo izabaho, nta n’urukingo rwa COVID-19 dukeneye”

Mu Mahanga
Perezida wa Tanzania John Joseph Pombe Magufuli yeruriye abaturage ko atazigera abashyira muri Guma mu Rugo, kandi ko n’inkingo za koronavirusi ibihugu byinshi bitegerejwe ndetse bimwe byatangiye kuzitanga, batazazihabwa. Ni amagambo yavuze uyu munsi mu mbwirwaruhame yavugiye mu Karere avukamo ka Chato ko mu Ntara ya Geita, ubwo yafunguraga ku mugaragaro ishyamba rya kabiri mu bunini ryatangiye guterwamo ibiti mu mwaka wa 2017. Ni imbwirwaruhame yavuze mu Giswahili, ariko twayibashyiriye mu Kinyarwanda kugira ngo mubashe kuyumva neza, hasi turayishyiraho imbwirwaruhame uko yakabaye mu mwimerere wayo (video) yaciye kuri Televiziyo y’Igihugu (TBC). Yagize ati, “Mu bihe nk’ibi aho haduka indwara zidasobanutse zitazwi zigenda zigaragara nka COVID-19, ibihugu byinshi abaturage b
Ubusesenguzi: Kuki abo Komite Olempike yatumiye mu nama batashye badahawe insimburamubyizi? Hari n’ibindi abayitabiriye banenga

Ubusesenguzi: Kuki abo Komite Olempike yatumiye mu nama batashye badahawe insimburamubyizi? Hari n’ibindi abayitabiriye banenga

Sesengura
Inama y’iminsi itatu Komite Olempike yateguye ifatanyije na Komisiyo ishinzwe abakinnyi yitabiriwe n’abantu bagera ku ijana yasojwe kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 21 Ugushyingo 2020, ikaba yarangiye bamwe mu bayitabiriye bijujuta. Nyuma yo kumva agahinda ka bamwe mu bitabiriye iyi nama ndibaza impamvu umunsi wo gutaha warinze ugera badahawe amafaranga yabo y’insimburamubyizi ndetse n’ayo bakoresheje mu ngendo zo kwitabira iyo nama. Ikindi nibaza nkakiburira igisubizo ni uburyo abakinnyi bose bitabiriye imikino Olempike bayitumiwemo, ariko Ntawurikura Mathias ufite agahigo ko kwitabira imikino Olempike inshuro nyinshi mu Rwanda, akaba na Perezida wa mbere w’abitabiriye imikino Olempike (Association des Olympiens du Rwanda) muri iyo minsi itatu ntamwanya yahawe ngo asangize abandi
Ibaruwa ifunguye igenewe Amb.Munyabagisha Valens

Ibaruwa ifunguye igenewe Amb.Munyabagisha Valens

Sesengura
Impamvu: Kugusaba kwegura Bwana Muyobozi, mbandikiye iyi baruwa ngira ngo mbagire inama yo guhita mufata icyemezo cyo kwegura. Icyo nshingiraho mbasaba kwegura, ni uko mu byo mwavuze ubwo muri Werurwe 2017 mwiyamamarizaga kuyobora Komite Olempike tutazi aho muvuye nta na kimwe mwashyize mu bikorwa. Ikindi nshingiraho bwana Muyobozi ni uko utabanye neza n’abagutoye ndetse na Minisiteri ya Siporo nk’urwego rwa Leta rureberera siporo mu Rwanda. Ibi bikiyongeraho n’andi makosa menshi ntarondora ngira ngo nawe warabyiboneye ko wateguye Inteko Rusange ukahagera uri uwa mbere abanyamuryango bakahagusanga wamaze kurambirwa, mu gihe tumenyereye ko abayoborwa ari bo bategereza abayobozi, ibyo buriya nta marenga byaguciriye! 1. Amarozi wavuze uzaca muri siporo ntayo waciye Bwana Mu
Genocide deniers

Genocide deniers

Amakuru
On behalf of the Rwandan Diaspora of Australia to express deep concern and our strongest objection to the by Genocide deniers group. Honourable Members of Parliament will be aware that 2020 marks the 26th commemoration of the 1994 Genocide against the Tutsi in Rwanda. Regarding the 1994 Genocide, Human Rights Watch have described it as ‘exceptional in its brutality, in its speed, and in the meticulous organisation with which Hutu extremists set out to destroy the Tutsi minority.’ Speaking further on the Genocide at the General Assembly of the United Nations in 2018, Valentine Rugwabiza emphasised that, “The more than 1 million people who perished in the genocide were killed in the most horrendous conditions because they belonged to a group that was dehumanized and targeted for total
Isesengura: Bagemahe Clement wirukanywe mu binyamakuru bitandukanye, ashinzwe iki muri ADEPR? Bamwe bati “ni uwo kwamaganwa”

Isesengura: Bagemahe Clement wirukanywe mu binyamakuru bitandukanye, ashinzwe iki muri ADEPR? Bamwe bati “ni uwo kwamaganwa”

Amakuru, Sesengura
Isesengura: Bagemahe Clement wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye,ariko akananiranwa na byo  kubera kunanirwa kuzuza inshingano, yigize maneko w’Itorero rya ADEPR atari urukundo ayikunda  ahubwo ari ugushaka amaronko (indamu) nk’uko abasesenguzi babibona. Mu busesenguzi bwakozwe kuri Bagemahe Clement bwerekana ko ari we nyirabayazana w’ibibazo byugarije ADEPR kuko agenda avuga ko ari murumuna wa Gatemberezi Paul, Umunyamabanga Mukuru wa ADEPR. Umwe mu bakoze ubusesenguzi kuri Bagemahe yagize“Bagemahe Clement niwe wateguye ikirego cyo kurega Ikinyamakuru Umusingi.org mu Rwego rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC) Inteko ya ADEPR yaje guterana isanga nta kugendera ku bitekerezo bya Bagemahe Clement ari yo mpamvu abayobozi batitabye ngo baburane kandi ari bo bareze umunyamakuru”. Nub
Muhirwa Fred akomeje kuba inyuma y’ibibazo bigaragara muri Rayon Sports

Muhirwa Fred akomeje kuba inyuma y’ibibazo bigaragara muri Rayon Sports

Sesengura
Uko iminsi ishira indi igataha haragenda hagaragara ibikorwa bigayitse bya Muhirwa Fred biteza ikipe ya Rayon sports ibibazo by’ingutu Amakuru azunguruka hose mu bakunzi b’ikipe ya Rayon sports yemeza ko Muhirwa Fred akoresha inama yumvikanisha ko komite agiye kuyikuraho akayisubirana, ibi bigaragazwa n’inshuti ze abibwira nazo zikabikwiza mu bafana Fan Club zimwe na zimwe hari abanyamuryango bazo batagitanga umusanzu kugira ngo agahimbazamusyi k’abakinnyi kabure. Umukino wahuje ikipe ya Rayon sports n’ikipe ya Sunrise fc i Nyagatare bikarangira intsinzi idatashye mu Bareyo kuri Muhirwa Fred ngo byari ibyishimo anavuga ko Sadate yananiwe ko atazongera gutsinda. Ikipe ya Rayon sports mu gihe iri mu nzira zo kurangiza amadeni yasizwe na komite yacyuye igihe, kongeraho imanza
Muvunyi Paul yaba ashaka kwimika Gacinya ku buyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kuzana mu ikipe umwuka mubi

Muvunyi Paul yaba ashaka kwimika Gacinya ku buyobozi bwa Rayon Sports nyuma yo kuzana mu ikipe umwuka mubi

Sesengura
Uwari Visi Perezida w’ikipe ya Rayon Sports Twagirayezu Thadée yeguye ku mpamvu ze bwite. Ese Twagirayezu Tadeyo ko nta mushinga ufasha ikipe atasinyeho ajyanywe n’iki? Ubu  byamaze kumenyekana ko Visi Perezida w’ikipe ya Rayon sports Twagirayezu Thadeo yeguye ngo kuko ananizwa na Perezida Munyakazi Sadate. Nk’umukunzi wa Rayon Sports nsanga ibi atari byo,ahubwo Twagirayezu azagaruka muri Komite izaba iyobowe na Gacinya Denis. Ibi bitangazwa n’abari muri  gurupe iyobowe na Muvunyi Paul yakoreye inama kwa Muhirwa Fred bemeza ko bagomba gukuraho Munyakazi Sadate bakimika Gacinya. Aya makuru akomeje kuzunguruka mu bafana  bakibaza icyo Muvunyi yaba ahoye Munyakazi kugira ngo amwambure ikipe.Ese Muvunyi afite ububasha bwo kwambura Sadate ikipe ya Rayon sports? Amakuru ava kwa M
Muhirwa Prosper kuki ashaka kuyobora ikipe ya Rayon Sports nka Kampani ye?

Muhirwa Prosper kuki ashaka kuyobora ikipe ya Rayon Sports nka Kampani ye?

Sesengura
Abakunzi b’ikipe ya Rayon sports barasaba Muhirwa Prosper gutanga umutekano,naho kurega muri RIB bazasesengura niba yubaka cyangwa asenya. Ikipe ya Rayon Sports igira ibigwi byinshi,ikanagira abakunzi benshi,bityo bigahora byerekana intumbero yayo.Ubu rero muri iki gihe mu ikipe ya Rayon Sports haravugwamo ibibazo bitezwamo n’itsinda ryiyise abavuga rikijyana rigamije kunaniza ubuyobozi. Munyakazi Sadate, Perezida wa Rayon Sports arashyirwaho iterabwoba aregwa muri RIB kugira ngo  hatazagira ubazwa amakosa yo gusenya ikipe abazwa. Itsinda riyobowe na Gacinya Denys,Gakwaya Olivier n’umucurabwenge wabo Muhirwa Prosper bashinze Rayon Sports Basketball Club kugira ngo basenye  Munyakazi Sadate. Ibi byatangiye ikipe ya Rayon Sports ijya guhagararira u Rwanda mu marushanwa y’amakipe