Author: Impamba.com Reporter

Bruce Melodie nyuma yo gufungirwa i Burundi yarekuwe

Bruce Melodie nyuma yo gufungirwa i Burundi yarekuwe

Mu Rwanda
Bruce Melodie wari wafunzwe na Polisi y’u Burundi ashinjwa kwambura umuherwe amafaranga yarekuwe nyuma yo kwemera kwishyura ideni. Umuhanzi Bruce Melodie yafunguwe nyuma y’ubwumvikane n’umuherwe witwa Toussaint uzwi mu bushabitsi bw’utubari no gutegura ibitaramo mu Burundi. Uyu mugabo yaregaga Bruce Melodie kumurya amafaranga ya ‘avance’ y’igitaramo yari yamutumiyemo ariko ntabashe kucyitabira. Icyo gihe Melodie yasubitse icyo gitaramo avuga ko atizeye umutekano muri kiriya gihugu. Ubwo yageraga i Bujumbura amaze kuvugana n’itangazamakuru, uyu muhanzi yahise atabwa muri yombi na Polisi aza kurekurwa nyuma y’ubwumvikane na Toussaint wamushinjaga ubwambuzi. Umuhanzi nyarwanda Bruce Melodie kuri uyu wa 31 Kanama 2022 yafunzwe na Polisi y’u Burundi ashinjwa ubwambuzi yakoreye u
Inzu y’ubucuruzi muri Kamonyi yafashwe n’inkongi y’Umuriro

Inzu y’ubucuruzi muri Kamonyi yafashwe n’inkongi y’Umuriro

Mu Rwanda
Mu ijoro ryo kuwa 29/rishyira taliki ya 30 Kanama 2022 inzu y’ubucuruzi yafashwe n’inkongi ibyarimo byose birashya birakongoka Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rukoma Nsengiyumva Pierre Célestin avuga ko hataramenyekana icyateye iyo nkongi. Ati“Hahiriyemo ibicuruzwa by’ubwoko bwose kuko harimo matela, imyenda y’abagabo n’ibindi byinshi.” Nsengiyumva yavuze ko uwacururizaga muri iyi nyubako yakodeshaga, cyakora bakaba biyambaje Ishami rya Polisi y’Iigihugu rishinzwe kuzimya umuriro (Fire brigade of Police). Gitifu yavuze ko iyi nzu nta bwishingizi yari ifite, kugira ngo hishyurwe indi n’ibicuruzwa byahiriyemo. Source Umuseke
Rosatom, Korea Hydro and Nuclear Power Sign Сontract for Joint Work at El-Dabaa NPP in Egypt

Rosatom, Korea Hydro and Nuclear Power Sign Сontract for Joint Work at El-Dabaa NPP in Egypt

Mu Mahanga
  Rosatom engineering division (Atomstroyexport JSC) and Korea Hydro and Nuclear Power Co. Ltd. (KHNP) have concluded a contract for the construction of turbine islands under the El-Dabaa NPP project in Egypt. According to the agreement, the Korean company will construct some 80 buildings and structures at four units of the power plant and will procure and supply equipment and materials for the turbine islands. “The contract with Atomstroyexport JSC for the construction of the turbine islands can be seen as a significant achievement for Korea confirming our great capabilities for project construction and management that have already been demonstrated in the UAE. Building upon our experience acquired in the UAE, KHNP will do its best for the successful implementation of the E
Amayeri akomeje kwiyongera ku bacururiza bundi bushya mu macupa ya pulasitike yacurujwemo amazi

Amayeri akomeje kwiyongera ku bacururiza bundi bushya mu macupa ya pulasitike yacurujwemo amazi

Amakuru
Muri Kigali no mu Ntara, amacupa ya pulasitike akomeje gukoreshwa inshuro nyinshi kuko hatashyizweho uburyo bwo gukurikirana imikoreshereze yayo nyuma yo kuvamo amazi. Amacupa abakora inzoga ndetse n’abacuruza amavuta y’ubuto bakunze gukoresha ni ay’uruganda rw’Inyange Industries na Sulfo Rwanda Industries. Ibi binyuranyije n’amategeko, nyamara gufata no guhana ababikora biracyagoranye. Amayeri ni yose ku bacururiza bundi bushya mu macupa ya pulasitike ubusanzwe aba yaravuye mu nganda ziyacururizamo amazi. Umwe mu bacuruzi wo muri Kicukiro ucuruza inzoga ya Gubwaneza agira, ati “hari abakora izi nzoga bafite ibyangombwa by’ubuziranenge, bakazikora mu macupa y’icyuma zikagurishirizwa ahantu ho mu mijyi. Gusa abacuruzi bo mu nkengero z’Umujyi wa Kigali n’ahandi hatagaragara cyan
Abigaragambije mu Mujyi wa Goma basahuye ibiro bya MONUSCO

Abigaragambije mu Mujyi wa Goma basahuye ibiro bya MONUSCO

Mu Mahanga
Abantu benshi babonetse mu myigaragambyo mu mujyi wa Goma bamagana ingabo za ONU ziri muri DR Congo abandi banaboneka bangiza kandi basahura ibiro byayo. Iyi myigaragambyo yavuzweho mu mpera z’icyumweru bituma ku cyumweru umukuru w’umujyi wa Goma asohora itangazo ribuza kwigaragambya none kuwa mbere, batabyemerewe. Abigaragambya barasaba ingabo za MONUSCO kuva mu gihugu cyabo bazishinja kunanirwa kubungabunga amahoro, ibiri mu nshingano zihafite. Eliezer Makambo, umwe mu batuye umujyi wa Goma, yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko amasoko na za ‘boutiques’ muri uyu mujyi byafunze birinda ko abigaragambya baza gusahura. Patrick Muyaya, umuvugizi wa leta ya DR Congo, yatangaje ko leta irimo gukurikirana bya hafi ibiri kubera i Goma, ko “yamagana ikomeje ibitero byose ku bakozi n’i
Rosatom and Myanmar Discuss Cooperation in Nuclear Energy in Myanmar

Rosatom and Myanmar Discuss Cooperation in Nuclear Energy in Myanmar

Mu Mahanga
Rosatom Director General Alexey Likhachev met with the Chairman of the Myanmar State Administration Council, Prime Minister, Senior General Min Aung Hlaing. The meeting resulted in the signing of the Memorandums of Understanding between the State Atomic Energy Corporation Rosatom and the Ministry of Science and Technology of Myanmar on cooperation in training and skills development in the field of nuclear energy and shaping positive public opinion on nuclear energy in Myanmar. Rosatom Director General Alexey Likhachev signed the Memorandums from the Russian side. From the Myanmar side the Memorandums were signed by the union Minister of Science and Technology of Myanmar Myo Thein Kyaw. The signing ceremony took place in the presence of the Chairman of the Myanmar State Administrati
Muhanga: Mutekano na Mudugudu barashinjwa kuba inyuma y’abangiza ibidukikije

Muhanga: Mutekano na Mudugudu barashinjwa kuba inyuma y’abangiza ibidukikije

Mu Rwanda
Abatuye mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Butare mu Murenge wa Kabacuzi, bavuga ko abanyogosi bamaze kwangiza ishyamba rya Leta n’imigezi iriturukamo, bagashyira mu majwi ushinzwe umutekano ko abyihishe inyuma, gusa we arabihakana. Bamwe mu batuye munsi y’iri shyamba bavuga ko bamaze igihe batakambira inzego z’ibanze guhera mu Mudugudu wa Karambo batuyemo, ku Kagari no ku Murenge ko abanyogosi bangije ibidukikije ntibigire icyo bitanga ahubwo ushinzwe umutekano n’Umukuru w’Umudugudu bakabareba nabi. Bakavuga ko bamaze kwangiza hegitari nyinshi bataretse n’imigezi mitoya 2 ihaturuka yiroha mu mugezi wa Bakokwe ushyira Nyabarongo. Umwe utashatse ko amazina ye ajya mu Itangazamakuru yagize ati “Abo banyogosi baracukura umusaruro w’amabuye bakuyemo bakawutwara kwa mutekano na Mud
Construction Permit Issued for the El-Dabaa NPP Unit 1

Construction Permit Issued for the El-Dabaa NPP Unit 1

Mu Mahanga
On June 29, 2022, the Egyptian Nuclear and Radiological Regulatory Authority (ENRRA) issued a permit for the construction of the El-Dabaa NPP Unit 1. “Today, we were granted the permit to build the first unit of the first Egyptian nuclear power plant. Today, we etched in gold Egypt joining the ranks of countries building nuclear power plants after over 70 years waiting for this dream to come true,” said Dr. Amged El-Wakeel, Board Chairman of Nuclear Power Plants Authority of Egypt. This permit, along with excavation works at site, is a prerequisite for the start of the main stage of construction. “Obtaining construction permit for the Unit 1 is a momentous occasion paving the way for the launch of full-scale construction of the first NPP in Egypt. Rosatom will build a reliable s
Commonwealth Games: Aho abakinnyi b’Abanyarwanda bageze mu myiteguro

Commonwealth Games: Aho abakinnyi b’Abanyarwanda bageze mu myiteguro

Imikino
Imikino ihuza ibihugu bikoresha Icyongereza (Commonwealth Games) y’uyu mwaka izatangira tariki ya 28 Nyakanga kugeza tariki 8 Kanama 2022 mu Mujyi wa Birmingham mu Bwongereza, hakaba hakomeje kwibazwa icyo u Rwanda rwaba rukora kugira ngo ruzayitwaremo neza. Théogène Uwayo Umuyobozi wa Komite Olempike y’u Rwanda (CNOSR), aratangaza ko Abanyarwanda biteguye ku buryo bwose bushoboka kugira ngo barebe ko babona umwanya ushimishije. Uyu muyobozi yagize ati “ntitwibwira ko tuzaba aba mbere cyangwa aba kabiri mu bihugu byose bya Commonwealth kuko ni ibihugu byinshi ariko twizera ko dushobora kubona umwanya ushimishije. Abakinnyi bariteguye neza bari ku murongo kandi biteguye guhatana n’abandi”. Munezero Valentine ntazitabira iyi mikino ariko we na mugenzi we Penelope Musabyimana
Umuhanzi Masabo Nyangezi yagaragaye mu rukiko ashinjura Laurent Bucyibaruta

Umuhanzi Masabo Nyangezi yagaragaye mu rukiko ashinjura Laurent Bucyibaruta

Politiki
Umuhanzi Masabo Nyangezi wamenyekanye cyane mu Rwanda mu ndirimbo nka Kavukire, Daria, Mukamusoni, Jolie Bouteil n’izindi ni umwe mu bumviswe mu rukiko rwa rubanda ruri i Paris aho yashinjuraga Laurent Bucyibaruta wahoze ari Perefe wa Gikongoro ukurikiranyweho ibyaha bya Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994. Nk’uko bitangazwa n’abanyamakuru bagiye kumva uru rubanza, ni uko Masabo Nyangezi Yuvenari yabajijwe hakoreshejwe ikoranabuhanga (vision conference). Muri uru rubanza kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 Kamena 2022, umuhanzi Masabo Nyangezi yaranzwe no guhakana amakuru menshi yabazwaga. Nyangezi Masabo, yavutse 1955, ubu akora akazi ko gutwara Taxi voiture, atuye i Louvain. Masabo yatangiye agira ati “nigeze kumvwa muri ankete y’abapolisi, nari naravuze ko ntacyo nzav