
Sahoguteta Jules, umuvuzi wa Gakondo uzwi ku izina rya Maso ukorera mu nzu z’Amashyirahamwe i Nyabugogo, yasanze ingo nyinshi ubu zifite ibibazo kubera ubushobozi buke bwo gutera akabariro, avumbura umuti witwa MKONGORA ufafasha by’umwihariko abagabo.
Uyu muti ubudahangarwa bwawo bukaba bwemewe ku bufatanye bw’amakoperative y’abavuzi gakondo bo muri aka Karere ka Afurika y’Iburasirazuba nka: Uganda, Tanzaniya, Kenya n’u Burundi nk’uko byemewa na Maso ufite ivuriro rya Gakondo ryitwa Kimeza Medicine.
Maso akaba ari n’umuvuzi uzwi mu Rugaga rw’Abavuzi ba Gakondo mu Rwanda rwitwa “AGA-Rwanda Network”.

Mu kiganiro Sahoguteta Jules, bita Maso yagiranye n’ikinyamakuru IMPAMBA.COM kuri uyu wa Gatanu tariki ya 7 Mutarama 2022 yavuze ko umuti yise MKONGORA ufasha mu kongera imbaraga mu gihe cyo gutera Akabariro ku bagabo, ukavura Kanseri ya Prostate, ukazibura imiyoborantanga yazibye, wongera imisemburo ya Testorone, ufasha abafite ibibazo by’ingaruka zo kwikinisha ndetse ugatuma umuntu atarangiza vuba.
Ubwo yabazwaga niba bafite abatangabuhamya bemeza ko uyu muti hari akamaro wabagiriye, uyu muvuzi yasubije ko impamvu uyu mwuga awumazemo igihe ari uko hari abo yavuye bagakira bakagenda bamurangira abandi barwayi.
Maso avuga ko afite imiti myinshi ya Kinyarwanda ari na yo mpamvu abaza kurangura kugira ngo bavure abandi abakira ndetse n’ushaka umuti ku giti cye akamwakira.
Uyu muvuzi wa Gakondo afite imiti ivura indwara nyinshi, ikinyamakuru IMPAMBA.COM kizagarukaho mu bihe bitandukanye nk’Igifu, imiti ifasha abakobwa guca imyeyo, iya Amibe n’indi.
Uwifuza kuvugana n’uyu muvuzi yamuhamagara kuri nimero: 0783336772 cyangwa +250788608230.
Andi mafoto



