Ishuri rya KETHA ryigisha ubukerarugendo n’amahoteli rikagushakira n’aho gukorera “stage”

Muri iri shuri bagufasha muri byinshi mu by’amahoteli n’ubukerarugendo

Ishuri ryigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo n’amahoteli ryitwa “Kigali Excellent Tourism and Hospitality Academy (KETHA)” rifite umwihariko mu kuba rishakira umunyeshuri aho kwimenyereza umwuga (stage).

Habimana Alphonse, Umuyobozi wa “KETHA” akaba na ny’iri “Excellent Restaurant” iri i Nyamirambo imbere ya St André, aratangaza ko kwiyandikisha mu bashaka kwiga muri iri shuri ryigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo byatangiye.

Habimana avuga ko abashaka kwiyandikisha babasanga imbere ya St André ndetse no kuri Arete ku bantu bajya i Nyamata mu Bugesera.

Bimwe mu byo iri shuri rikora harimo: Kwigisha no gutoza abanyeshuri kugira ubumenyi mu byo kwihangira umurimo, gutoza no gukurikirana abanyeshuri babo mu gihe cyo kwimenyereza umwuga (internership) no gukorana n’abandi (partnership activities) bigisha iby’amahoteli n’ubukerarugendo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *